skol

Ubuzima

Umuntu akwiye kunywa amazi angana gute ku munsi?

Iyo wumvise unaniwe, ufite uruhu rwumye cyangwa wumva utameze neza, abantu benshi bahita (…)

Imyumvire nkene ikomeje kuba intambamyi mu kurwanya indwara zititaweho mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugiu cy’Ubuzima, RBC, cyagaragaje ko imwe mu myumvire ndetse n’ubukene (…)

U Rwanda rwahawe na BAD miliyari 43 Frw yo guteza imbere ubuvuzi

Banki y’Amajyambere ya Afurika yemeje miliyoni 29,85$ (arenga miliyari 43,5 Frw) yo gufasha (…)

RBC yaburiye abahinga mu bishanga bambaye ibirenge

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyaburiye abahinga mu bishanga bambaye ibirenge ndetse nta (…)

Abarikorewe biyongereyeho ibihumbi 10: Ishusho y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yagaragaje ko ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu (…)

Umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe waragabanyutse - MINISANTE

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera yatangaje umubare (…)

Intimba z’abagabo bafite ibitsina birebire

Umugabo ufite igitsina kinini umubona/umwumva ute? Tutabeshyanye uba wumva ko ari we ushoboye (…)

Guverinoma yashimye umuhate n’ubwitange biri mu rwego rw’ubuzima

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yabwiye abarangije amasomo muri Kaminuza (…)

Ubushakashatsi bwavuye imuzi imiterere y’igitsina cy’abagabo

Ubushakashatsi bwakorewe mu bitaro bya kaminuza ya Ghent mu Bubiligi bwagaragaje ko abagabo bane (…)

Havumbuwe ubwoko bushya bw’amaraso bwitwa ‘MAL’

Itsinda ry’abashakashatsi bo muri NHS Blood and Transplant rifatanyije n’abashakashatsi bo muri (…)

Impamvu abagabo bo mu Rwanda baseta ibirenge ku ngingo yo kwifungisha burundu

Abagore bo mu Rwanda bagaragaje ubwitabire buri hejuru mu gusaba serivisi yo kuboneza urubyaro (…)

Gates Foundation na OpenAI byatangije umushinga w’ubuzima wa miliyari 72 Frw uzatangirira mu Rwanda

Ibigo Gates Foundation na OpenAI bigiye gutangiza umushinga wa miliyoni 50$ (arenga miliyari 72 (…)

Ibyiza byo guhoberana ku buzima bw’umuntu

Buri tariki 21 Mutarama, Isi izirikana umunsi Mpuzamahanga wo guhoberana.

Bugesera: Imirimo yo kubaka inzu y’ababyeyi i Nyamata igeze kuri 80%

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire, Rwanda Housing Authority, cyatangaje ko (…)

Ubushakashatsi bwemeje ko Paracetamol itagira ingaruka ku mugore utwite

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aherutse gutungura abantu avuga ko imiti (…)