skol
fortebet

Dore ikizakubwira umugore cyangwa umukobwa uryoshya akabariro

author-image

Yanditswe na: TUYISENGE Fabrice
Kuwa: Friday 03, May 2024

Dore ikizakubwira umugore cyangwa umukobwa uryoshya akabariro

Sponsored Ad

skol

Benshi bibaza umugore bakwifuza kurongora kugira ngo baryoherwe ariko ugasanga babuze ibitekerezo kuri iyo ngingo niyo mpamvu hakozwe ubushakashatsi bw’umugore uryoshya akabariro.

Abagabo usanga baganira hagati yabo bavuga ibiranga umugore mwiza mu buriri cyangwa bamwe ugasanga babyibazaho aho hari abazi ko umugore ufite ikibuno kinini, amaribori,… aribo bashobora kwitwara neza mu gitanda nyamara ushobora kurebera ku minwa ye gusa.

Stuart Brody umuhanga mu by’imitekerereze ya muntu yakoze ubushakashatsi bunyuranye ku bijyanye no gutera akabariro harimo n’isano imiterere y’iminwa y’umugore ifitanye n’uburyo yitwara mu gitanda ndetse n’uko ashobora kugera ku byishimo bye byanyuma muri iki gikorwa.

Nyuma yo gukorera ubushakashatsi ku bagore 258 bafite imyaka 27, Brody yahamije ko iyi miterere y’iminwa ifitanye isano n’igikorwa cyo gutera akabariro. Bityo yemeza ko ushobora kureba iyi minwa ukamenya niba umugore ashobora kurangiza byoroshye mu gihe umugabo yinjije igitsina cye gusa cyangwa se bidashoboka.

Mu bushakashatsi bwe, Brody yavumbuye ko abagore bafite iminwa ifite igice cyo hagati kibyimbye cyane bashobora kurangiza neza mu gihe umugabo yinjije igitsina cye gusa.

Aha Brody akaba yakuyeho urujijo ku bajyaga bavuga ko umugore witwara neza mu gitanda umubwirwa no kugira iminwa minini gusa kuko ik’ingenzi atari umurwa wose ahubwo igice cyavuzwe haruguru.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa