skol
fortebet

Dore ingaruka zo gukoresha ibinini byongera ubushake ku bagabo

Yanditswe: Monday 16, Sep 2024

featured-image

Sponsored Ad

Abagabo bagirwa inama cyane yo kutijandika mu miti yongera ubugabo aho bakoresha ibinini byongera ubushe.

Sponsored Ad

Abaganga bagaragaza ko iyi miti atari myiza kuko igira ingaruka nyinshi, dore zimwe mu ngaruka zo gukoresha iyi miti.
UMUVUDUKO W’AMARASO
Iyo umuntu amaze gufata iyi miti, hari ubwo bitewe nuko amaraso aba asanzwe atembera mu mubiri biba byahindutse.
Bavuga ko ari nako igipimo amaraso yagenderagaho kigabanuka ku rwego rwo hejuru.
Ibi bikaba bitera indwara zirimo Hypotension, umuvuduko w’amaraso.
URUHU RUBA UMUKARA
Bitewe n’uko ubutembere bw’amaraso mu mubiri buba bwahindutse, bavuga ko umuntu umaze gufata ikinini cya Viagra uruhu rwe n’amaraso ye, akenshibihita bihinduka umuntu.
Kurwara umutwe
Ubusanzwe iyo wakoresheje ibi binini urwara umutwe ukakurya cyane nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza.
Ibibi nini ntabwo ari byiza kubagabo nubwo bamwe babikoresha birengagije ingaruka zabyo, buri wese aba asabwa gukomeza kwirinda kubikoresha.
Gutinda kurangiza
Umugabo wakoresheje cyane ibibi nini byongera ubushake, ntabwo ajya ashobora kurangiza aho usanga abangamira umugore we.
Abagore benshi ntabwo bakunda umugabo utarangiza vuba kuko ashobora kubangiza imyanya y’ibanga yabo, gutinda kurangiza bigira ingaruka nyinshi cyane ku mpande zombie , kubagabo ndetse no kubagore.
Dusoza iyi nkuru, twagira inama abagabo bose kwirinda gukoresha imiti cyangwa ibinini byongera ubushake bwo gutera akabariro cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina. Si byiza gushakira ubwiza n’ububasha mu bindi bintu bitari impano wahawe n’Imana.

Ntabwo aba aribyiza gukoresha iyi miti kuko yangiza ubuzima

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa