Imibereho
Menya ibihugu bya mbere muri Afurika mu kugira gatanya nyinshi
Yanditswe: Tuesday 04, Jun 2024

Umuryango ufite akamaro kanini ku isi yose kandi ni imwe mu nkingi zubaka igihugu nubwo henshi uri guhura n’ibibazo bitera gatanya.
Isenyuka ry’imiryango rirogeye ku isi yose, harimo no muri Afrika. Uyu mugabane ukunze gushimirwa umuco n’indangagaciro z’abawutuye, ariko kuri ubu urimo guhinduka mu buryo butangaje aho wivanzemo n’umuco utavugwaho rumwe w’ubutinganyi.
Nubwo amakuru yerekeye ubutane muri Afurika ari make, raporo yatanzwe na Wisevoter itanga ishusho rusange y’imibare y’ubutane ku isi.
Muri Afurika igihugu kibamo gatanya nyinshi ni Libya mu gihe Nigeria itari mu bihugu bya mbere nubwo ituwe cyane.
Urutonde:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *