skol
fortebet

Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’umukobwa w’uburanga bahuriye Zambia [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 24, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukinnyi Nizeyimana Milafa wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda nka Police FC, APR FC na Rayon Sports agiye kurushinga n’inkumi y’uburanga bakundaniye muri Zambia aho asigaye akinira.
Uyu mukobwa uri mu rukundo na Mirafa yitwa Rosalyn Dos-Santos,afite Se w’umunya-Portugal na Nyina w’umunya-Zimbabwe ariko akaba akunda kuba muri Zambia kuko ahafite igisekuru.
Aba bombi bashyize hanze integuza ivuga ko ku wa 3 Nzeri 2022 bazakora ubukwe bakemera kubana akaramata.
Muri Zambia niho Rosalyn (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi Nizeyimana Milafa wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda nka Police FC, APR FC na Rayon Sports agiye kurushinga n’inkumi y’uburanga bakundaniye muri Zambia aho asigaye akinira.

Uyu mukobwa uri mu rukundo na Mirafa yitwa Rosalyn Dos-Santos,afite Se w’umunya-Portugal na Nyina w’umunya-Zimbabwe ariko akaba akunda kuba muri Zambia kuko ahafite igisekuru.

Aba bombi bashyize hanze integuza ivuga ko ku wa 3 Nzeri 2022 bazakora ubukwe bakemera kubana akaramata.

Muri Zambia niho Rosalyn yamenyaniye na Milafa mu ntangiriro za 2021 ubwo uyu musore yerekezaga muri iki gihugu gukinira ikipe ya Zanaco FC.

Ubusanzwe uyu mukobwa ugiye kurushinga na Milafa akora akazi k’umuganga.

Milafa agiye kurushinga nyuma y’imyaka ibiri akundana n’uyu mukobwa. Mu 2021 yari yahishuye ko bitegura kurushinga ndetse yanamaze guhura n’umuryango wo kwa Sebukwe.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa