skol
fortebet

Reba amafoto yaranze ubukwe bwa Bizimana Djihad n’umugore we [AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 18, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ku Cyumweru,tariki ya 15 Gicurasi 2022 Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Djihad Bizimana yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Dalida Simbi.
Kuri uwo munsi wo ku Cyumweru nibwo aba bombi bakoze indi mihango y’ubukwe yari isigaye,ibera mu Karere ka Rubavu hafi n’ikiyaga cya Kivu.
Ubu bukwe bwe bwa Bizimana bubaye nyuma y’uko ubukwe bwe bwari bwasubitswe kubera icyorezo cya Coronavirus, bakaba bari bamaze imyaka 4 bakundana.
Tariki ya 15 Gicurasi 2021 nibwo imihango ya mbere y’ubu bukwe (...)

Sponsored Ad

Ku Cyumweru,tariki ya 15 Gicurasi 2022 Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Djihad Bizimana yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Dalida Simbi.

Kuri uwo munsi wo ku Cyumweru nibwo aba bombi bakoze indi mihango y’ubukwe yari isigaye,ibera mu Karere ka Rubavu hafi n’ikiyaga cya Kivu.

Ubu bukwe bwe bwa Bizimana bubaye nyuma y’uko ubukwe bwe bwari bwasubitswe kubera icyorezo cya Coronavirus, bakaba bari bamaze imyaka 4 bakundana.

Tariki ya 15 Gicurasi 2021 nibwo imihango ya mbere y’ubu bukwe yabaye, ikaba yarabereye mu Bubiligi mu mujyi wa Anvers aho bose baba.

Dalida Simbi na Djihad Bizimana basezeranye imbere y’idini ya Islam (Kufunga Ndoa) bizwi nka "Nikkah" mu rurimi rw’Icyarabu muri Gicurasi 2021.

Kuwa 8 Werurwe 2021 nibwo Djihad Bizimana yashinze ivi hasi maze asaba Simbi kuzamubera umugore, undi arabyemera amwambika impeta ya fiançailles.

Mbere y’uko Djihad Bizimana ajya gukina mu Bubiligi yaciye mu makipe atandukanye arimo Etincelles FC, Rayon Sports na APR FC.

Djihad n’umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira ikipe ya KMSK Deinze mu Bubiligi.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa