skol
fortebet

Reba ibihugu bikoreshwamo indimi nyinshi cyane muri Afurika

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Friday 07, Jun 2024

Reba ibihugu bikoreshwamo indimi nyinshi cyane muri Afurika

Sponsored Ad

skol

Muri Afurika habarurwa indimi zirenga 2000 zivugwa n’abaturage mu bihugu bitandukanye aho mu Rwanda honyine wahasanga abantu bavuga indimi zisaga 5.

Nigeria nicyo gihugu gituwe cyane muri Afurika aho iyoboye uru rutonde rw’ibihugu bivugirwamo indimi nyinshi aho habarurwa 520.

Ururimi ni kimwe mu biranga umuco ndetse iyo abantu bavuga indimi zitandukanye n’imico itandukanye cyane.

Ibihugu birimo u Burundi, Seychelles na Sahara Western Sahara nibyo bifite indimi nke bizivugirwamo aho buri gihugu kirimo enye.

Ururimi rufite uruhare runini mu bikorwa bya buri munsi by’abantu nk’ubucuruzi, uburezi no guhanga udushya.Indimi zikoreshwa cyane muri Afurika ni Igiswahili,Icyongereza,Ikiyoruba n’Igifaransa.

Reba ibihugu bikoresha indimi nyinshi cyane muri Afurika:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa