Umukobwa wa Perezida Museveni yerekanye mu muryango umusore bagiye kurushinga
Yanditswe: Tuesday 26, Oct 2021
Mu mpera z’icyumweru gishize, umukobwa wa Perezida Museveni, Dr Angela Kakzwe yerekanye umukunzi we, Amanya Tumukunde, akaba umuhungu w’uwahoze ari inshuti ya Perezida akaba n’uwahoze ari Minisitiri w’umutekano, Lt Gen Henry Tumukunde.
Umuhango wihariye, wabereye mu Karere ka Lyantonde witabiriwe n’abagize umuryango wa hafi barimo barumuna ba Perezida Museveni, Shedrick Nzeire na Michael Nuwagira.
Aba bombi bivugwa ko bakundanye cyane ubwo bari ku ishuri muri Malaysia
Nyina w’umugeni (…)
Mu mpera z’icyumweru gishize, umukobwa wa Perezida Museveni, Dr Angela Kakzwe yerekanye umukunzi we, Amanya Tumukunde, akaba umuhungu w’uwahoze ari inshuti ya Perezida akaba n’uwahoze ari Minisitiri w’umutekano, Lt Gen Henry Tumukunde.
Umuhango wihariye, wabereye mu Karere ka Lyantonde witabiriwe n’abagize umuryango wa hafi barimo barumuna ba Perezida Museveni, Shedrick Nzeire na Michael Nuwagira.
Aba bombi bivugwa ko bakundanye cyane ubwo bari ku ishuri muri Malaysia
Nyina w’umugeni ni Enid Kukunda, umucuruzi w’umukire.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *