Umukobwa wo muri Uganda yiyahuriye ku nyubako ndende i Dubai kubera urukundo
Yanditswe: Tuesday 03, May 2022
Umugore w’imyaka 24 ukomoka muri Uganda witwa Monica Karungi, yiyahuye yijugunye hasi aturutse kuri hoteri ndende i Dubai, muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu, arapfa.
Muri videwo yagiye hanze igaca ibintu, Monica Karungi yamaze umwanya ahagaze mu idirishya rifunguye hanyuma ahita yijugunya hasi arapfa.
Nk’uko ibitangazamakuru byinshi byo muri Uganda bibivuga, inshuti magara za nyakwigendera Monica zibivuga,ngo yiyahuye nyuma yo kumenya ko umukunzi we wabaga muri Uganda ashakanye n’undi mugore. (...)
Umugore w’imyaka 24 ukomoka muri Uganda witwa Monica Karungi, yiyahuye yijugunye hasi aturutse kuri hoteri ndende i Dubai, muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu, arapfa.
Muri videwo yagiye hanze igaca ibintu, Monica Karungi yamaze umwanya ahagaze mu idirishya rifunguye hanyuma ahita yijugunya hasi arapfa.
Nk’uko ibitangazamakuru byinshi byo muri Uganda bibivuga, inshuti magara za nyakwigendera Monica zibivuga,ngo yiyahuye nyuma yo kumenya ko umukunzi we wabaga muri Uganda ashakanye n’undi mugore.
Uyu mukobwa ngo yajyaga yoherereza amafaranga yose yakoreye uyu musore bakundanaga kuko yakoraga i Dubai.
Nkuko imyirondoro ya pasiporo ye ibivuga, Karungi yavukiye mu karere ka Isingiro mu burengerazuba bwa Uganda.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *