skol
fortebet

Udushya

Wa mugore wabyaye abana 44 yahawe inkunga n’umugiraneza

Umugore wo muri Uganda w’imyaka 40 wibarutse abana 44 ku mugabo umwe,yahuye n’umugiraneza (…)

Umupolisi yapfuye urupfu rw’amayobera ubwo yashakaga guca inyuma umugore we

Amakuru yaturutse muri Zimbabwe yavuze ko umupolisi wari usanzwe afite umugore yapfuye ubwo (…)

Umusaza yajyanwe mu rukiko ashinjwa gusambanya ihene y’abandi igapfa

Umusaza witwa Shaari Hasan w’imyaka 60 arashinjwa gusambanya ihene y’abandi kandi bitemewe (…)

Umunya Kenya w’imyaka 35 yashyingiranwe n’umuzungukazi umukubye 2 mu myaka bahuriye kuri Facebook

Umusore w’imyaka 35 y’amavuko w’umwirabura yaciye ibintu hose kubera amashusho yagaragaye (…)

Sobanukirwa ibintu 6 umugore akora akisenyera urugo atabizi

Hari ibintu umugore akora akabifata nk’ibyoroshye kandi ari kwisenyera urugo, akazisanga nta (…)

Yabyaye umwana we w’imfura ku myaka 50 y’amavuko

Umugore yakiriye bwa mbere umwana ku myaka 50 y’amavuko nyuma y’imyaka yo guhangana n’ubugumba. (…)

Umugore wakoreraga igisirikare cya Nigeria yarumwe n’inzoka mu bwiherero bimuviramo urupfu

Umugore wo mu ngabo zirwanira mu kirere z’igihugu cya Nigeria witwa Lance Corporal Bercy Ogah (…)

Umuvugabutumwa yatunguye benshi kubera ukuntu yasengeye ku ngufu umugabo ufite uburwayi bwo mu mutwe

Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyamba,umuvugabutumwa yagaragaye agerageza gusengera ku (…)

Pasiteri w’imyaka 63 yakoze agashya ashyingiranwa n’umukobwa w’imyaka 18 uririmba muri korali

Apotre Peter Tom Udofia, Umugenzuzi Mukuru w’Itorero "Way of Salvation Church of Jesus Christ" (…)

Umugabo yahinduye urugo rwe igicumbi cy’ubukerarugendo nyuma yo kubaka inzu icuritse

Umugabo witwa Marek Cyran yubatse inzu icuramye ahitwa Niagara Falls, muri Amerika, abantu (…)

Umugore wahisemo kwikorana ubukwe wenyine yabonye umugabo yiha gatanya

Umunyamideli witwa Cris Galera yikoranye ubukwe bwe wenyine mu birori byabaye muri Nzeri uyu (…)

Umugabo yashatse kwiyahura nyuma yo kumenwaho aside n’umukunzi we agashya bikomeye

Umukobwa wafushye bikomeye agaasuka aside ku mukunzi we aryamye kuko yakekaga ko yamuciye (…)

Padiri washinjwe kumara imyaka isaga 20 asambanya abana b’abahungu yongeye gufungwa

Uwahoze ari umupadiri Bernard Preynat, wakatiwe muri 2020 igifungo cy’imyaka 5 azira gusambanya (…)

Umuhanuzi yasambanyije umugore ufite inda y’amezi 8 amubeshye ko agiye kumwirukanira imyuka mibi

Polisi yo muri leta ya Ondo muri Nijeriya yataye muri yombi umuhanuzi witwa Festus James azira (…)

Ibyo umusore ndetse n’umugabo wese akunda n’ibyo yanga mu rukundo (Abakobwa benshi ntibabizi)

Urukundo rurihariye kandi rusaba kumva ndetse no kurwitaho ugira ngo rubeho kandi ruhore ari (…)