skol
fortebet

Udushya

Ubushinwa: Umugabo yaciwe muri resitora yo kwiyarurira kubera kurya byinshi ’agateza igihombo’ nyirayo

Umushinwa utangaza mu buryo bwa ’live’ arimo kurya avuga ko yashyizwe ku rutonde rw’umukara (…)

Yigize ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga imyaka 62 yose kugira ngo atavugisha umugore we

Umugabo yigize ufite ubumuga bwo kutumva imyaka 62 kugira ngo yirinde kuvugana n’umugore we (…)

Umugabo yashakanye n’abagore 9 icyarimwe kugira ngo yamagane abashyigikira gushaka umwe

Umugabo wo muri Brazil yashakanye n’abagore icyenda mu byo yise ibirori by "urukundo rwigenga" (…)

Umugabo yatawe muri yombi azira kugurisha mu mayeri abagore 130

Ku wa kabiri, abatalibani bataye muri yombi umugabo ushinjwa kugurisha abagore benshi mu (…)

Menya akamaro k’urusenda mu mubiri harimo no kuba rugabanya umubyibuho ukabije

Bimwe mu bibazo bituruka ku mirire bishobora gutera umuntu indwara urusenda ruhangana nabyo dore (…)

Dore inzira 4 zagufasha kwibagirwa umukobwa wasariye mu rukundo

Kwibagirwa umukobwa ukunda ni ikintu gikomeye cyane ndetse kitanashoboka kugeza umenye ko (…)

Umusore yatwitse inzu ya nyina kubera ko yatinze kumuha ibyokurya

Umusore ukomoka mu gace ka Dagoreti mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, yafashwe ashyikirizwa (…)

Umuhungu n’umukobwa batarahura na rimwe basezeraniye kuri Zoom

Umugore witwa Ayse w’imyaka 26 na Darrin w’imyaka 24 batangiye gukundana bataziranye mu gihe (…)

Wari uzi ko ingano y’amacandwe umuntu afite asobanura byinshi ku mibereho ye

Urubuga healthline ruvuga ko burya ingano y’amacandwe umuntu afite bifite igisobanuro gikomeye (…)

Umuvugabutumwa yashimye Imana yamuhaye umugabo ku myaka 55 akiri isugi

Umuvugabutumwa wo muri Nigeria witwa, Esther Bamiloye, aherutse gushyingirwa afite imyaka 55 (…)

Umupfakazi yirukanwe mu rugo rwe azira kutabyara umuhungu

Umupfakazi w’umukene ukomoka muri Nigeria yasabye ubufasha nyuma yo kwirukanwa mu rugo (…)

Yashinjwe kwica amaguru yombi ku bushake kugira ngo ahabwe akayabo k’ubwishingizi

Kubera gutema nkana amaguru ye kugira ngo asabe ubwishingizi bwa miliyoni 2.4 z’amapawundi yari (…)

Umugabo yashyingiranwe n’umukobwa we yataye akiri uruhinja

Mu buryo atazi, umugabo wataye umukobwa yibyariye akiri umwana bivugwa ko yamurongoye akamugira (…)

Umusore yatunguranye ategura ibirori byo kubenga umukunzi we wamucaga inyuma

Mu gihe bimenyerewe ko abantu bategura ibirori byo gutera ivi cyangwa gusaba urukundo abo (…)

Umusore yahitanwe n’impanuka y’imodoka yakoze ubwo yari agiye guhisha umurambo w’umukunzi we yari amaze kwica

Umusore w’imyaka 31 muri Afurika y’Epfo bivugwa ko yateye icyuma umukunzi we kugeza (…)