skol
fortebet

Udushya

Wasaba ute nomero ya telefone umuntu muhuye bwa mbere ukamwifuzaho ubucuti cyangwa urukundo

Iyo hageze ubwo gusaba umukobwa nimero ya telefone, benshi babanza kumva bafite isoni, cyangwa (…)

Dele Alli yatangiye gushaka umukunzi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutanduakana n’uwo babanaga

Umukinnyi w’Umwongereza ukinira ikipe ya Tottenham,Dele Alli,yatangiye gushakisha umukunzi (…)

Umukecuru yiswe intwari kubera kwirwanaho agakubita uwamusagariye

Umushinwakazi w’imyaka 76 wihagazeho ubwo hari umuntu wari umusagariye muri Amerika, ari kuratwa (…)

Umugore ufite abana 17 yahishuye ko ashaka kubyara benshi Imana ikazabarera

Umunya Nigeria witwa Jummai Ibrahim Tsafe,umaze kubyara abana 17 yatangaje ko atewe ishema nabo (…)

Umugabo yarajwe hanze mu mbeho azira kunanirwa gutekera umukunzi we

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria ariko wabaga mu gihugu cy’Ubwongereza mu mujyi wa London (…)

Umukobwa yiteguriye ubukwe arabwikorana kugira ngo yihimure ku bamuhatiriza gushaka [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Patricia Christine ukomoka muri Australia yakoze agashya kadasanzwe yigurira (…)

Umukecuru n’umusaza barokotse by’igitangaza ubwo imodoka barimo yahanukaga ku musozi

Umukecuru n’umusaza bari mu modoka imwe bakoze impanuka y’imodoka ubwo imodoka yabo yahanukaga (…)

Umukoresha yatwitse amaguru y’umukozi we amuziza kumwiba amagi 4

Umuhinzi wo mu gihugu cya Zimbabwe witwa Personal Paulo w’imyaka 34, yatwitswe ibirenge bye (…)

Babambye ihene bari bamaze kubaga barangije barayiramya

Bamwe mu bayoboke b’idini rimwe ryo muri Afurika baciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ubwo (…)

Umuyobozi w’ikigo ari mu mazi abira nyuma yo kohereza umunyeshuri w’imyaka 11 mu musarane kumushakira telefoni

Umuyobozi w’ikigo [Principal] wo ku kigo cyitwa Luthuthu Junior secondary school witwa Lubeko (…)

Umugore washakaga kubyara abana 3 gusa amaze gukora agahigo ko kugira 22 mu Bwongereza

Umugore witwa Sue Radford utuye ahitwa Lancashire mu Bwongereza niwe ufite agahigo ko kubyara (…)

Umwana yishe se na nyina kugira ngo abibe amafaranga yo kujyana mu rusimbi

Uwitwa Frank na Joyanne Warner basanzwe mu rugo rwabo bicishijwe inkoni n’umwana wabo Todd (…)

Umukecuru wabyaye impanga ku myaka 73 yahishuye byinshi kuri iki gitangaza [AMAFOTO]

Umukecuru witwa Yerrametti Mangayamma wo mu gihugu cy’Ubuhinde yaciye ibintu hirya no hino ku (…)

Umukobwa w’imyaka 15 yarashe umugabo witwaje intwaro washakaga kumufata ku ngufu

Umukobwa w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo yaciye ibintu mu binyamakuru ubwo yarasaga (…)

Umusifuzi yashatse kwihagarika ari mu kibuga ahita abikora atagiye hanze

Umusifuzi wo muri Brazil witwa Denis da Silva Ribeiro Serafim yakwirakwiriye ku mbuga (…)