skol
fortebet

Udushya

Yarekuwe muri Gereza ku myaka 83 yarayinjiyemo afite imyaka 15 gusa!

Umunyamerika witwa Joseph Ligon w’imyaka 83,yarekuwe muri gereza nyuma y’imyaka 68 yari (…)

Yari ahitanwe n’impeta yambitse igitsina cye ngo kibe kinini azemeze umukunzi kuri Saint Valentin

Umugabo witwa Romeo wo muri Thailand yahuye n’uruva gusenya ubwo yashyiraga impeta y’icyuma ku (…)

Umukobwa yabaye NK’umusazi ubwo umusore bakundana yamwambikaga impeta

Ntabwo abantu bishimira kimwe ibintu byiza bibabayeho kuko hari bamwe bituriza bakabifata (…)

Yagurishije impyiko ye ngo arihire umwana we amashuri yiyahura atayarangije kubera urukundo

Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yagurishije impyiko ye kugira ngo arihire ishuri umukobwa we (…)

Yubatse inzu nziza akoresheje amacupa 14 800 ya pulasitiki [AMAFOTO]

Umu Injenyeri wo muri Nigeria witwa Yahaya Ahmed,yakoze agashya katari kamenyerewe ubwo yubakaga (…)

Yatunguye umukunzi we mu buryo budasanzwe nyuma y’aho Guma mu rugo yishe gahunda ye yo gutera ivi[AMAFOTO]

Umusore witwa Andy Bennett yatunguye umukunzi we ajya ku mucanga wo mu gace atuyemo awandikaho (…)

Umugabo yakubise umwana w’imyaka 3 aramwica amuziza ko nyina yanze ko batera akabariro

Umugabo w’ahitwa Chipata muri Zambia witwa Mathews Njovu w’imyaka 35 yakoze amahano yica umwana (…)

Umukobwa yasaze nyuma yo kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamurihiye amashuri

Umukobwa wari umaze iminsi mike arangije kaminuza bivugwa ko ari uwo muri RDC yagize ubumuga bwo (…)

Umwana yagiye mu mazi abira nyuma yo kumira rukuruzi 54 ashaka kugira ngo nawe abe rukuruzi

Umwana muto witwa Rhiley Morrison w’imyaka 12, yahuye n’uruva gusenya nyuma y’aho amiriye (…)

Umugore yahisemo kwikorana ubukwe nyuma y’aho umukunzi we amuhemukiye ku munota wa nyuma

Umunyamerikakazi w’imyaka 35 yahisemo kwikorana ubukwe mu birori bidasanzwe yakoreye imbere (…)

Umukozi wo mu rugo yafashwe ari gutekesha ibyokurya by aba shebuja inkari ze

Umukozi wo mu rugo mu gihugu cya Ghana yakoze amahano afatwa amashusho ari gutekesha ibyokurya (…)

Umupolisi yatabaye mu buryo butangaje umugabo wari ugiye kwiyahura [AMAFOTO]

Umupolisi washimwe na benshi akanitwa intwari yatabaye umugabo wari ugiye kwiyahura ahantu (…)

Akaga yahuriye nako muri Guma mu rugo katumye ava mu nzu ye ajya kwibera mu ihema

Umugabo witwa Jackson Marks w’imyaka 25 yahuye n’uruva gusenya muri Guma mu rugo atakaza (…)

Umugore w’imyaka 29 yashakanye n’umugabo umurusha imyaka 51 ahishura ikintu gikomeye [AMAFOTO]

Umugabo witwa Terzel Rasmus w’imyaka 29, ukomoka ahitwa Cape Town muri Afurika y’Epfo (…)

Yakubise umubyeyi we aramumugaza amuziza ko yanze kumwereka se umubyara

Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi azira gukubita nyina (…)