skol
fortebet

Udushya

Umurasita ushaka kwiyamamariza kuyobora Malawi yatumye benshi bacika ururondogoro [AMAFOTO]

Umurasita witwa Ras Chra ushaka kwiyamamariza kuyobora Malawi yaciye ibintu hirya no hino ku isi (…)

Umugabo atwite inda nkuru nyuma yo gufatwa ari gusambanya umugore w’abandi

Umugabo witwa Lukena Inambao ukomoka mu ntara ya Mongu muri Zambia, atwite inda nkuru nyuma yo (…)

Umugore w’imyaka 57 umaze gusambana n’abasore 200 arusha imyaka kuva muri 2010 yaciye ibintu

Umugore witwa Gaynor Evans w’imyaka 57 ukomoka mu mujyi wa London yaciye ibintu hirya no hino (…)

Umukinnyi w’iteramakofe ari mu mazi abira nyuma yo gusoma ku ngufu umunyamakurukazi wari umaze kumukoresha ikiganiro

Umukinnyi w’iteramakofe ukomoka muri Bulgaria witwa Kubrat Pulev yakoze amahano asoma ku ngufu (…)

Floyd Mayweather yashyize hanze amafoto agaragaza ubwiza bw’indege ye y’akataraboneka [AMAFOTO]

Uwahoze ari umukinnyi w’iteramakofe ukunzwe na benshi ku isi,Floyd Mayweather uzwi nka “Mr (…)

Nicolas Cage uzwi muri Cinema ya US yatandukanye n’umugore we nyuma y’iminsi 4 barushinze

Icyamamare muri Cinema,Nicolas Cage yakoze agashya atandukana n’umugore we Erika Koike bari (…)

Umugore yateye icyuma umugabo we aramwica amujijije ubutumwa bwo kuri Facebook

Umugore witwa Lindsey Ann Gabriel w’imyaka 31 ukomoka mu bwongereza yateye icyuma mu nda umugabo (…)

Umugabo yagurishije abana be b’impanga kugira ngo yishyure ideni riremereye yari afite

Umugore n’umugabo bakomoka mu Bushinwa bakoze agashya agurisha abana be babiri b’impanga yari (…)

Nigeria: Uwahataniye kuba nyampinga yaguye muri coma ubwo yageragezaga kongeresha ikibuno cye

Umunyamideli ukomeye ukomoka mu gihugu cya Nigeria witwa Onwuzuligbo Nneka Miriam yaguye muri (…)

Umugore yiyemeje kubana mu nzu imwe n’abasore babiri bahoze bamutereta [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Ali Jones w’imyaka 29 usanzwe ashushanya ku mibiri y’abantu yatunguye benshi (…)

Zimbabwe: Abayoboke b’idini ry’aba Apostolic bavuze ko bazuye umwana w’umukobwa wari umaze iminsi 3 apfuye

Abayoboke b’idini rya Apostolic Sect mu gihugu cya Zimbabwe biravugwa ko bazuye umwana (…)

Umukecuru w’imyaka 82 utera akabariro 3 mu cyumweru yatangaje ko yifuza umukunzi uri munsi y’imyaka 35 [AMAFOTO]

Umukecuru w’imyaka 82 witwa Hattie Retroage ukomoka mu mujyi wa New York muri US,yiyandikishije (…)

Umukobwa w’imyaka 21 n’umukunzi we w’imyaka 74 bemeye guterera akabariro kuri TV imbonankubone kugira ngo bashimangire ko bakundana by’ukuri

Umukobwa Milijana Bogdanovic w’imyaka 21 n’umukunzi we Milojko Bozic w’imyaka 74 babwiye abantu (…)

Umugabo yakubise umugore we yambaye ubusa anamwogosha urupara amuziza ko yanze kubyinira abashyitsi

Umugore witwa Asma Aziz w’imyaka 22 ari mu gahinda gakomeye yatewe n’umugabo we witwa Mian (…)

Umukozi wo mu rugo yasize umwana wa nyirabuja mu bwiherero arigendera kubera umujinya yatewe n’umushahara muke ahembwa

Umukozi wo mu rugo wo mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa Cheelo Hamamba,yakoze amahano asiga (…)