skol
fortebet

Udushya

Umusaza yareze umukwe we ko yarongoye umukobwa we bikamuviramo urupfu kubera igitsina cye kinini

Umusaza ukomoka muri Indonesia yagiye kurega umukwe we kuri polisi amushinja ko afite igitsina (…)

NASA irifuza guha akayabo ka miliyoni 14 FRW umuntu ushobora kumara amezi 2 aryamye gusa

Ikigo cya USA gishinzwe gukora ubushakashatsi mu byerekeye isanzure NASA,kiri gushaka abantu 24 (…)

Umugore yatwitse inzu ye kubera ko umugabo we yayizanyemo mukeba we atwite [AMAFOTO]

Umugore wo muri Zambia witwa Ireen Kalenga w’imyaka 28 yazabiranyijwe n’uburakari ubwo umugabo (…)

Umugabo yafatanwe ikirundo cy’imbwa nyinshi yishe agiye kuzigurisha mu maresitora [AMAFOTO]

Umugabo witwa Derrick Nyangwe ukomoka mu gace kitwa Ndola muri Zambia yatawe muri yombi na (…)

Umugore yirutse amasigamana ubwo yabonaga inzoka mu bwiherero bwari bwicayeho umwana we

Umubyeyi witwa Juliette Roos,ukomoka mu mujyi wa Pretoria muri Afurika y’Epfo yirutse (…)

Umukecuru w’imyaka 71 ukomoka mu Bwongereza ari kurira ayo kwarika nyuma yo kuribwa akayabo ka miliyoni 200 RWF n’ umupfubuzi wo muri Gambia [AMAFOTO]

Umukecuru w’Umwongereza witwa Margaret Sarr w’imyaka 71 ari kurira amarira nk’aya abana kubera (…)

Abagabo babiri basiganwa kuri moto bagonganiye mu irushanwa baterana ibipfunsi karahava [AMAFOTO]

Abagabo babiri bari mu isiganwa mu gihugu cya Costa Rica barwanye karahava ubwo umwe yari (…)

Abakecuru bo mu Bwongereza bashiriye muri Gambia bashaka abapfubuzi [AMAFOTO]

Abakecuru bo mu bwongereza bari kwisuka muri Gambia ku bwinshi bagiye gushaka abapfubuzi nyuma (…)

Umupilote yapfuye ubwo yashakaga kugongesha indege umugore we wari utwite bari bamaze gushwana

Umupilote witwa Charl Viljoen, ukomoka muri Afurika y’Epfo yahitanywe n’impanuka y’indege yakoze (…)

Umusore w’umuherwe ubana n’abakobwa batagira umubare n’indege zihenze cyane yaciye ibintu kubera ubuzima abayeho [AMAFOTO]

Umusore witwa Bobby Misner usanzwe ari uw’umuherwe witwa Tom Misner, washinze SAE Institute (…)

Umukobwa wiga muri Kaminuza yahemukiwe bikomeye n’indwara y’ibitotsi yamurembeje [AMAFOTO]

Umwongerezakazi witwa Rhoda Rodriguez-Diaz w’imyaka 21, ukomoka mu mujyi wa Leicester arwaye (…)

Amazu yaciye ibintu hirya no hino ku isi kubera ukuntu yubatswe [AMAFOTO]

Uko isi igenda itera imbere niko n’abahanga bagenda bahanga udushya mu byerekeye kurimbisha (…)

Umugore yakubise umugabo we amugira intere arangije aramunyarira nyuma yo kumufata ari kumuca inyuma

Umugore ukomoka mu mujyi wa Lusaka muri Zambia,yakoze amahano ubwo yafataga umugabo we ari (…)

Umuganga yafashwe ari kugurisha uruhinja rw’umugore yari amaze kubyaza akamubeshya ko yabyaye umwana wapfuye

Umuganga ukomoka muri Nigeria mu mujyi wa Lagos yatawe muri yombi azira kugurisha uruhinja (…)

Umusore warangije muri Makerere yatewe indobo n’umukunzi we bituma yiyahura nyuma yo kumutukira kuri Facebook na WhatsApp

Umusore witwa Arthur Basalirwa warangije amasomo ajyanye n’ubukungu muri kaminuza ya Makerere (…)