skol
fortebet

Udushya

Umugabo yakatiwe imyaka 70 azira ibyaha birimo gucira amacandwe ku bapolisi

Umugabo wo muri Texas yakatiwe igifungo cy’imyaka 70, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gucira (…)

Umugore yasohotse mu buvumo nyuma yo kumara iminsi 500 abubamo

Umugore wo muri Espagne ukora siporo iruhije cyane (abazwi nka ’extreme athletes’) yavuye mu (…)

Umusore yashimuse umukunzi we ngo abone uko amwambika impeta [AMAFOTO]

Umusore utuye Sydney muri Australia yakoze agashya katunguye benshi ku isi ubwo yahimbaga (…)

Umukobwa w’ikizungerezi yujuje inzu ihenze akesha ikibuno cye gikurura benshi [AMAFOTO]

Icyamamare Kuri Tiktok muri Kenya, Njoki Murira yarangije kubakira inzu nyina mu gace avukamo (…)

Umuyobozi w’ikigo arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13 nyuma akabura

Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Kiricha mu Ntara ya Bomet muri Kenya amaze iminsi itatu (…)

Umwarimu wari warabuze umugore kubera ubugufi bukabije yasezeranye n’ikizungerezi [AMAFOTO]

Umwarimu wo muri Kameruni w’imyaka 39, Kwoyela Derick, yabenzwe n’abagore benshi kubera ubugufi (…)

Umworozi yatunguwe no kubona inka ye ibyara inyana y’imitwe ibiri

Inyana yavutse ifite imitwe ibiri muri Amerika bitungura nyirayo cyane ko ngo ubushakashatsi (…)

Elon Musk yavuze ko imbwa ye ariyo muyobozi mukuru wa Twitter

Umuherwe wa kabiri ku isi,Elon Musk,yahishuye ko yamaze kwegura ku buyobozi bw’urubuga rwa (…)

Indege yagarutse igitaraganya ku kibuga nyuma yo kunanirwa guhaguruka neza

Indege itwara imizigo muri Colombia yagonze igice cyo hejuru cy’igiti ubwo yari imaze gusoza (…)

Umugore yishe umwana we amuziza ko se yanze ko babana

Umushinjacyaha w’akarere ka Harris, Kim Ogg yatangaje ko umubyeyi wo mu mujyi wa Houston (…)

Umupilote yakoze ibitangaza ubwo yabonaga inzoka ya Cobra munsi y’intebe ye ari mu kirere

Umupilote wo muri Afurika yepfo witwa Rudolf Erasmus yari atwaye indege nto yigenga yarimo (…)

Ibi nibyo by’ibanze ukwiye kugira kugira ngo igitsina gore kikubahe

Hari abagabo ujya wumva bijujutira abagore cyangwa abakobwa batandukanye ngo ntibabubaha (…)

Isake yakatiwe urwo kubagwa nyuma yo kujyanwa mu rukiko ishinjwa urusaku rukabije

Urukiko rwo muri Nigeria rwategetse ko isake ibagwa ku wa gatanu, nyuma yuko abaturanyi batanze (…)

#Igikombe cy’amahoro: APR FC yatsinze Marines FC ,Rwamagana FC itungura Kiyovu Sports

APR FC yatsinze Marines FC ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro waberaga (…)

Yiyemeje gutunga umugore umwe nyuma yo kubyara abana 16 ku bagore 10 batandukanye

Umwe mu bagabo bubatse izina mu guheheta mu Bwongereza, ufite abana 16 ku bagore 10 (…)