skol
fortebet

Udushya

Umugabo wari ugiye gupfa kubera kubura impyiko yatabawe by’igitangaza n’umushoferi wari umutwaye

Umushoferi wa Taxi itwara abagenzi ya Uber ufite umutima mwiza, yahaye impyiko umuntu atazi, (...)

Yiyemeje kubyarana n’abagore be batandatu kubera impamvu ikomeye

Umugabo ufite abagore batandatu yavuze ko afite gahunda yi kubyarana nabo bose binyuze mu (...)

Sobanukirwa impamvu 5 zituma udakunda guhirwa mu rukundo

Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo (...)

Umukobwa yiyahuye nyuma yo kugeza umusore muri USA ntamugire umugore

Umukobwa w’Umunyamerika ariko ukomoka muri Cameroon yishyize mu mugozi arapfa nyuma y’uko (...)

Umugabo ufite ubumuga bwo kutabona yishe umugore we washakaga ko batandukana

Urukiko rw’ibanze muri Ghana rwemeje ko umugabo w’imyaka 71 ufite ubumuga bwo kutabona, George (...)

Reba ibintu 10 umukobwa ashobora gukorera umusore bakundana bigatuma amutwara umutima

Kugirango umuhungu n’umukobwa bakundana bakomeze inzira yabo nziza y’urukundo rudasaza, hari (...)

Reba amakosa 10 abantu bakunze gukora mugitondo bigatuma birirwana umunabi

Hari igihe umuntu ava mu buriri akiriranwa umushiha kandi atazi neza icyawumuteye nta n’ikibazo (...)

Ntibagisahaka kwitwa indaya! Abakora umwuga w’uburaya mu mugi wa Kigali barashaka guhindurirwa izina

Bamwe mu bicuruza bo mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bazwi ku kabyiniriro k’Indaya (...)

Aya niyo magambo ukwiye kwirinda kubwira umugabo wawe Mwashakanye

Hari amagambo abashakanye babwirana niyo baba batari gutongana akagira uruhare mu gusenya urugo (...)

Umwarimu yasabye gatanya nyuma yo gushinja umugore we kumukurura ubugabo

Umwarimu w’imyaka 26 w’ahitwa Livingstone muri Zambia yanze kwiyunga n’umugore we asaba gatanya (...)

Urukundo akunda indege rwatumye yubaka inzu isa neza nk’indege yihariye

Umunya Cambodia ukunda indege cyane yakoze agashya yubaka inzu isa neza nk’indege yihariye (...)

Sobanukirwa imashini igiye kuzajya yifashishwa mugusomana kw’abakundanira kuri Murandasi

Ikigo cy’Abashinwa cyitwa Siweifushe, cyakoze imashini y’ikoranabuhanga yiswe MUA yifashishwa mu (...)

Yabonye uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga nyuma yo kurukorera inshuro 959 atsindwa

Umugore w’Umunya Koreya y’Epfo yaciye ibintu ku isi kubera gutsindira uruhushya rwo gutwara (...)

Umusore yashyingiranwe n’umukobwa usabiriza bahuye akamuhindurira ubuzima [AMAFOTO]

Umugabo yakoze ku mutima wa benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhura n’umukobwa asabiriza (...)

0 | ... | 315 | 330 | 345 | 360 | 375 | 390 | 405 | 420 | 435 | ... | 3570