skol
fortebet

Udushya

Indonesia: Umurambo w’umugore wasanzwe mu nda y’uruziramire

Umugore wo mu ntara ya Jambi muri Indonesia yishwe anamirwa bunguri (nta guhekenya) n’inzoka (…)

Umugabo wari umaze imyaka irenga 50 adakaraba yapfuye ku myaka 94 amaze kubikora

Umuntu uba ukwa wenyine wiswe n’itangazamakuru “umugabo usa nabi kurusha abandi ku isi” yapfuye (…)

Pasiteri yaguriye imodoka nziza umugore we washinjwaga kumuca inyuma [AMAFOTO]

Pasiteri wo muri Tanzaniya, Emmanuel Andrew Mgaya, uzwi cyane ku izina rya Masanja Mkandamizaji, (…)

Yamenaguye imodoka ihenze yari yaguriye ihabara rye nyuma yo kurifata rimuca inyuma

Umugabo wubatse yaciye ibintu nyuma yo kumenagura imodoka ya Range Rover yaguriye ihabara ryr (…)

Umugore we yamubenze ahita ajya gusenya inzu yamwubakiye n’iya nyirabukwe

Umugabo wo muri Malawi uzwi ku izina rya Francis Banda yashenye amazu yubakiye umugore we na (…)

Umunya Brazil yaciye agahigo k’umuntu uturumbura amaso kurusha abandi bose ku isi [AMAFOTO]

Umugabo ukomoka muri Brazil yaciye agahigo ku isi [Guinness World Record] ko kuba umuntu ukanura (…)

Umukinnyi yeretse igitsina cye uwo bari bahanganye agamije kumurangaza ngo ntabatsinde

Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Colombia yatunguye abakunzi ba ruhago (…)

Umukobwa yaciye ibintu kubera impano itangaje yahaye umukunzi we ku isabukuru ye

Umukobwa wo muri Ghana yamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwizihiza isabukuru (…)

Umunyeshuri yahumye bitunguranye ubwo yari agiye gukora ikizamini cya Leta

Umunyeshuri wo muri Uganda yahumye amaso mu buryo butangaje ubwo yari yinjiye mu ishuri agiye (…)

Umugore yiyambitse ubusa muri stade yishimira igitego cyo mu minota ya nyuma

Umugore ukunda umupira w’amaguru yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga nyuma (…)

Umugabo yahagaritse ubukwe buri kuba nyuma yo kuvumbura ikintu gikomeye ku mukunzi we

Umugabo bigaragara ko yari ategerezanyije amatsiko gushyingiranwa n’umukunzi we yakubiswe (…)

Umugabo yateje akavuyo nyuma yo kubona umugore we mu modoka y’umuhanzi

Umugabo wubatse yateje akavuyo nyuma yo gufatira umugore we mu modoka y’umuhanzi uzwi cyane muri (…)

Umugabo wavugaga ko arambiwe ubuzima yiyahuriye ku muriro w’amashanyarazi

Ku wa gatanu tariki ya 14 Ukwakira 2022, umugabo witwa Kofi Kakra,yiyahuye mu muriro (…)

Kevin de Bruyne yavuze amagambo akomeye ku mutoza Miker Arteta

Kevin De Bruyne avuga ko atatunguwe no gutsinda kwa Arsenal muri shampiyona kugeza ubu kandi (…)

Umupolisi yishe umugore we n’umugabo yakekaga ko basambanaga

Umupolisi w’imyaka 46 ukomoka muri Zambia yatawe muri yombi azira kwica umugore we n’umugabo (…)