skol
fortebet

Udushya

Umugore yaguye ku iseta amaze kwibagisha ashaka ubwiza bukurura abagabo

Umugore ukomoka muri Nigeria w’imyaka 28 uzwi ku izina rya Amelia Pound yapfuye mu buryo (…)

Umugabo yafashwe ari gusambanya umugore w’abandi ahita yicwa

Mu gace ka Gachuba gaherereye mu Ntara ya Nyamira yo muri Kenya, umugabo w’imyaka 60 uzwi ku (…)

Umugabo yishe mugenzi we bapfuye inyama z’ihene

Umugabo uzwi ku izina rya Azulay wo mu gihugu cya Ghana yakubise inshuti ye Buley w’imyaka 55 (…)

Yahaye impano y’imodoka umugore we nk’impozamarira y’uko yashatse uwa kabiri

Muri Tanzaniya, umukunzi w’umupira w’amaguru, Haji Sunday Manara, yahaye umugore we Rubyana, (…)

Gicumbi:Inka yavukanye amaguru umunani n’imirizo ibiri

Inka y’umuturage wo mu murenge wa Mutete, akagari ka Mutandi muri Gicumbi yabyaye inyana ifite (…)

Yishe murumuna we amuziza guteretana n’umukunzi we

Polisi y’ahitwa Orange muri Leta ya Florida muri USA,yatangaje ko yafunze umukobwa (…)

Umugore yavuze urukundo akunda abagabo babiri babana mu nzu imwe

Umugore wo muri congo washakanye nabagabo babiri avuga ko abakunda cyane. Francine Jisele abana (…)

Umugabo yasabye gatanya n’umugore we kubera impamvu itangaje

Umugabo w’imyaka 46 ukomoka mu Karere ka Kabwe mu Ntara yo Hagati muri Zambiya yasabye (…)

Abakobwa bagumiwe bagiye ku rusengero bambaye imyenda y’ubukwe gusengera abagabo [VIDEO]

Abakobwa b’abaseribateri bashaka abagabo baherutse gukora agashya bitabira amasengesho yo (…)

Umugabo yishe mugenzi we bapfuye ifi

Ku ya 1 Ukwakira, abapolisi ba Kenya, bataye muri yombi umugabo w’imyaka 42 witwa Nicholas Mwiti (…)

Umukozi wo mu rugo yateye inda abakobwa 3 b’aho yakoraga

Abakobwa batatu bavukana muri Kenya,biravugwa ko batewe inda n’umukozi wabo wo mu rugo ushinzwe (…)

Kwigana uko Cristiano Ronaldo yishimira igitego byamuviriyemo akaga gakomeye

Ubwo umufana yagerageza kwigana uko Cristiano Ronaldo yishimira igitego mu buryo buzwi cyane nka (…)

Umurusiya yivunye ukuguru kugira ngo atajyanwa mu gisirikare ku ngufu

Abarusiya bamwe biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo bahunge kujya mu gisirikare. (…)

Perezida Ali Bongo Ondimba yanenzwe kunyagiza abagize guverinoma ngo bamwifurize urugendo rwiza

Hari amashusho yakwirakwiriye yerekana abayobozi bakuru ba leta ya Gabon bari mu mvura nyinshi (…)

Abavandimwe 12 bakoze agahigo ko kurenza imyaka 1000 uteranyije iyo bafite bose

Mu mujyi wa Moya, ku kirwa cya Gran Canaria, Espanye,hatuye umuryango udasanzwe. Urugo rwa (…)