skol
fortebet

Udushya

Umukinnyi yohereje murumuna we kumuhagararira mu bukwe kugira ngo asinyire ikipe nshya

Umukinnyi witwa Mohamed Buya Turay ukomoka muri Sierra Leone yemeye gusiba ubukwe bwe yohereza (…)

Umukobwa w’imyaka 35 ukiri isugi yavuze ikintu ategereje kugira ngo abutakaze

Sonali Chandra ni isugi y’imyaka 35 kandi arashaka kuguma muri ubwo buzima kugeza ashyingiwe. (…)

Yakoze agahigo gashya ko kugira inzara ndende ku isi nyuma yo kuzitereka kubera urupfu rw’umwana we

Unyamerikakazi utari uzwi yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere ufite inzara ndende kurusha (…)

Urukundo rwe n’igipupe cyifashishwa mu gutera akabariro rwamubyariye akaga [AMAFOTO]

Umugabo witwa Alexander Stokes ari mu rukundo rukomeye n’igipupe cyitwa Mimi ndetse yemeza ko mu (…)

Yarashe umukozi wa McDonald’s amuziza ko amugaburiye ibiryo bikonje

Umusore w’imyaka 23 yapfuye nyuma y’uko arasiwe ku kazi ke ko gucuruza ibyokurya muri McDonald’s (…)

Umukwe yafunzwe nyuma yo kwica umugeni we ku munsi w’ubukwe bwabo

Umukwe w’umunyeshyari yakatiwe igifungo cy’imyaka 18 azira gukubita umugore we mushya kugeza (…)

Igitsina cye cyatumye atsindwa ubwo yarwanaga nacyo ari kwiruka

Umukinnyi ukizamuka mu mukino wo kwiruka yagombye guhisha igitsina cye nyuma yo kuva mu (…)

Umusore agiye gushyingiranwa na murumuna w’umukunzi we wapfuye habura iminsi mike ngo bakore ubukwe

Umunya Nigeria, Sufiyanu Abubakar Salihu ari hafi kurongora Fatima Ibrahim Kani, murumuna (…)

Pasiteri yavuze uko yacumujwe bikomeye n’umukobwa waje mu rusengero rwe kumwereka igitsina cye

Uwashinze akaba n’umuyobozi w’Itorero ryitwa Heaven’s Gate Ministry, Umuhanuzi Nicholas Osei, (…)

Umugore arashaka abagore 2 bo kumufasha gushimisha umugabo we bagahembwa akayabo

Nyuma yo kwandura indwara, umugore wo muri Thailand yashyize hanze akazi ko gushaka abagore (…)

Umugore ahangayikishijwe n’umukunzi we uhorana ubushake bwo gutera akabariro

Umukobwa uri mu myaka mirongo itatu ntagishobora guhaza irari ry’umukunzi we wabaswe no gutera (…)

Yarashe umukunzi we amuziza kutamwitaho uko abyifuza

Umugabo wafuhaga bikomeye w’imyaka 30 yemeye ko yarashe umukunzi we kuko atamwitayeho bihagije. (…)

Umu slay Queen yishe umusore bararanye avuye mu mahanga

Umukobwa uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Ghana cyane kuri Instagram witwa Safina Diamond (…)

Umugabo yaguye mu maboko y’umugore bari bamaze isaha batera akabariro

Amakuru muri Kenya aravuga ko umugabo yapfuye ubwo yari arimo gukora imibonano mpuzabitsina (…)

Kenya: Umukandida ku mwanya wa Perezida yafashwe imyanya y’ibanga n’umurwanashyaka we

Umukandida ku mwanya wa perezida muri Kenya, Porofeseri George Wajackoyah, yakorewe ihohoterwa (…)