skol
fortebet

Udushya

Ikigo abahungu bambara amajipo gikomeje guca ibintu

Ishuri ryo muri Uganda ryaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’aho ubuyobozi bwemereye (…)

Umusaza yiguriye isanduku y’akataraboneka azashyingurwamo napfa

Umusaza w’imyaka 87 ukomoka ahitwa Busia, muri Kenya yaguze isanduku nshya igezweho (…)

Ghana: Abasinzi bishakiye igisubizo nyuma yo gupfa kwa bagenzi babo basinze

Ishyirahamwe ry’abasinzi bo muri Ghana ryatangije porogaramu ya E-Drink kugira ngo irinde (…)

Umusore yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga kwambikira umukunzi we impeta hafi y’ikiyaga

Umusore washakaga gutungura umukunzi we ngo amwambike impeta amusaba ko bashyingiranwa yahuye (…)

Yafashwe yiba igitoki ategekwa kugihekenya cyose ari kibisi

Umugabo wo mu gihugu cya Ghana yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatirwaga mu cyuho ari kwiba (…)

Umuhanzikazi w’imyaka 21 yarashwe n’umugabo we w’imyaka 79 azira gusaba gatanya

Umuririmbyikazi yarashwe n’umugabo we ugeze mu za bukuru nyuma yo kugerageza kumuta bari bamaze (…)

Abantu benshi bapfuye abandi barakomereka nyuma yo kugwirwa na stade bareba imirwano y’ibimasa

Nibura abantu bane barapfuye abandi barenga 300 barakomereka nyuma yo kugwirirwa n’igikuta cya (…)

Igikomangoma cyashakanye n’abagore 2 icyarimwe [AMAFOTO]

Ku wa gatandatu, igikomangoma cya Kano cy’imyaka 22, Mustapha Ado Bayero, yashakanye n’abagore (…)

Yishwe n’abavandimwe azira kwanga gutirura imyenda yabo bamutije

Reaction Unit SA (RUSA) yavuze ko ku wa kane w’iki cyumweru, umusore w’imyaka 21 yishwe nyuma (…)

Bahuriye mu kabari bagiye kwiyahuza inzoga kubera ibibazo bibabyarira urukundo rudasanzwe

Musiimenta yari yagiye mu kabari gutura umujinya byeri mu gihe Nuwagaba nawe bahuriye mu kabari (…)

Umugore yashyingiranwe n’igipupe mu bukwe bwaciye ibintu [AMAFOTO]

Umugore ukomoka muri Brazil, avuga ko yakundanye akanashyingiranwa n’igipupe yakorewe na mama (…)

Yavumbuye ko yashyingiranwe n’umugore mugenzi we nyuma y’amezi 10 babana

Umugore ntiyigeze amenya ko umugabo we mu by’ukuri yari umugore mugenzi we wihishe akigira (…)

Kylian Mbappe na Achraf Hakimi bakoreye ibiruhuko mu gihugu cyo muri Afurika

Kylian Mbappé na Achraf Hakimi bari muri Afrika mu biruhuko byabo. Aba basore bombi batwaye (…)

Umukwe yakubitiye umugeni we mu bukwe amuziza kumutsinda mu irushanwa bateguriwe n’abatumiwe

Umukwe yakubise umugeni we mu mutwe ku munsi w’ubukwe bwabo nyuma yo kumutsinda mu mukino (…)

Umugabo yashimuse umukobwa yibyariye amuziza umurage uhambaye yahawe na sekuru

Umugabo yashimuse umukobwa yibyariye nyuma yo kumenya ko yahawe umutungo mwinshi na sekuru ngo (…)