Abagabo bateranye amakofi mu ndege bituma abagenzi bakererwa guhaguruka
Yanditswe: Tuesday 06, Mar 2018
Abagabo 2 bari mu ndege ya Southwest Airlines yagombaga kuva Dallas yerekeza Los Angelesku i taliki ya 02 Werurwe,we uyu mwaka, bateranye amakofe maze abagenzi bose batangira gushyamirana kubera uyu mwuka mubi watejwe n’aba bagabo byatumye iyi ndege itinda guhaguruka.
Abagabo 2 barwanye babuza indege guhaguruka
Benshi batunguwe n’amashusho ari gucaracara ku mbuga nkoranyambaga,aho abagabo babiri bateranye amakofi bari mu ndege ndetse byatangiye umwe atera ingumi mugenzi we agwa mu ntebe (...)
Abagabo 2 bari mu ndege ya Southwest Airlines yagombaga kuva Dallas yerekeza Los Angelesku i taliki ya 02 Werurwe,we uyu mwaka, bateranye amakofe maze abagenzi bose batangira gushyamirana kubera uyu mwuka mubi watejwe n’aba bagabo byatumye iyi ndege itinda guhaguruka.
Abagabo 2 barwanye babuza indege guhaguruka
Benshi batunguwe n’amashusho ari gucaracara ku mbuga nkoranyambaga,aho abagabo babiri bateranye amakofi bari mu ndege ndetse byatangiye umwe atera ingumi mugenzi we agwa mu ntebe maze abagenzi batangira kuvuza induru biteza umwuka mubi mu ndege yose.
Mu itangazo ryasohowe na Southwest Airlines,aba bagenzi 2 barwanye indege itarahaguruka ndetse bituma indege itinda guhaguruka aho bafashe icyemezo cyo gusohora aba bagabo 2 babashyikiriza inzego zishinzwe umutekano ku kibuga cy’indege.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *