Abajarawa baba mu mashyamba mu Buhinde ngo nta bufasha na mba bakeneye [AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 10, Sep 2018
Mu mashyamba yo ku kirwa cya Andaman mu gihugu cy’ Ubuhinde hari ubwoko bw’ abantu bitwa Abajarawa, nibwo bwoko bwasigajwe inyuma n’ amateka kurusha ubundi bwose bwo ku mugabane w’ Asiya nyamara ngo nta bufasha ubwo aribwo bwose bakeneye.
Abajarawa ni abaturage bake batageze ku 1000 bafite inkomoko muri Afurika bakaba bamaze imyaka ibihumbi 55 baba mu mashyamba yo mu Buhinde.
Baracyaba mu ishyamba batunzwe no guhiga nk’ uko abantu babagaho mu myaka irenga ibihumbi ishize. Iyo ubarabye usanga (...)
Mu mashyamba yo ku kirwa cya Andaman mu gihugu cy’ Ubuhinde hari ubwoko bw’ abantu bitwa Abajarawa, nibwo bwoko bwasigajwe inyuma n’ amateka kurusha ubundi bwose bwo ku mugabane w’ Asiya nyamara ngo nta bufasha ubwo aribwo bwose bakeneye.
Abajarawa ni abaturage bake batageze ku 1000 bafite inkomoko muri Afurika bakaba bamaze imyaka ibihumbi 55 baba mu mashyamba yo mu Buhinde.
Baracyaba mu ishyamba batunzwe no guhiga nk’ uko abantu babagaho mu myaka irenga ibihumbi ishize. Iyo ubarabye usanga bafite imyambaro yambarwa gusa n’ abakuze abana bakabunuza. Aba bantu bafite ibikoresho birimo n’ amatoroshi agezweho bahabwa na barushimusi gusa ntibakozwa ibyo kuva muri ayo mashyamba.
Amafoto
Ibitekerezo
Iyi nkuru yawe irakennye muvandi, sinzi niba arubushakashatsi wakoze ariko wakagombye kugaragaza ibihugu baturutsemo, kuki banga ubufasha, ese babuhabwa nabande, ese igihugu kibatekereza gite, ayo mafoto se ko atagaragaza inzu babamo kuko ntamuntu utagenda mwishyamba yenda ayo utweretse bari batembereyemo, etc.... aba banyamakuru ndabagira nte ra??