skol
fortebet

Abajura Bagaruye amafaranga bari bibye nyuma yo kujya kurogwa ku mupfumu

Yanditswe: Friday 03, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru y’abajura binjiriye umukire bamwiba akayabo k’ibihumbi 10 by’amasedi akoreshwa muri Ghana n’ukuvuga arenga miliyoni 2 mu mafaranga y’u Rwanda bituma ajya kubarogesha ku mupfumu bayagarura ako kanya.
Aba bajura barozwe ku mupfumu w’ahitwa Borkor Bullet Hanson mu gace ka Volta,birangira bagaruye ariya mafaranga yose.
Radio Revival FM yavuze ko aba bajura 5 bagaruye aya mafaranga ndetse bemera ko bayibye nyamara mbere y’uko uyu mupfumu bari bahakanye.
Aba (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru y’abajura binjiriye umukire bamwiba akayabo k’ibihumbi 10 by’amasedi akoreshwa muri Ghana n’ukuvuga arenga miliyoni 2 mu mafaranga y’u Rwanda bituma ajya kubarogesha ku mupfumu bayagarura ako kanya.

Aba bajura barozwe ku mupfumu w’ahitwa Borkor Bullet Hanson mu gace ka Volta,birangira bagaruye ariya mafaranga yose.

Radio Revival FM yavuze ko aba bajura 5 bagaruye aya mafaranga ndetse bemera ko bayibye nyamara mbere y’uko uyu mupfumu bari bahakanye.

Aba bajura bagaruye ibihumbi 9700 by’amasedi mu gihe 300 abura bari bamaze kuyakoresha gusa habaye kuyagaruza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa