Yakomerekeje abantu batatu kubera gufata umugore we asomana n’undi mugabo
Yanditswe: Friday 02, Dec 2022

Abantu batatu bakomerekeye mu mpanuka ikomeye yabereye i Mama Ngina hafi ya Mombasa Golf Club nyuma y’uko umugabo abonye umugore we asoma undi mugabo maze abirukankana ku muvuduko mwinshi n’imodoka ye.
Uyu mugabo yataye umuhanda imodoka ye ikora impanuka.
Uwo mugabo kandi yari atwaye undi mukobwa bikekwa ko ari umukunzi we mu modoka ye.
Uwatanze amakuru yagize ati "Umugore yacitse abasha kugeza mu rugo uyu mugore.Uyu musore wasomaga umugore w’abandi bikekwa ko yahoze ari umushoferi wa (...)
Abantu batatu bakomerekeye mu mpanuka ikomeye yabereye i Mama Ngina hafi ya Mombasa Golf Club nyuma y’uko umugabo abonye umugore we asoma undi mugabo maze abirukankana ku muvuduko mwinshi n’imodoka ye.
Uyu mugabo yataye umuhanda imodoka ye ikora impanuka.
Uwo mugabo kandi yari atwaye undi mukobwa bikekwa ko ari umukunzi we mu modoka ye.
Uwatanze amakuru yagize ati "Umugore yacitse abasha kugeza mu rugo uyu mugore.Uyu musore wasomaga umugore w’abandi bikekwa ko yahoze ari umushoferi wa Safari Rally.
Umuntu umwe wakomeretse yajyanwe ku bitaro bya Coast General abandi babiri bajyanwe mu bitaro bya Pandya."
Ikinyamakuru Kenya Post nticyigeze gitangaza igihe iyi mpanuka yabereye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *