skol
fortebet

Agashya: Umwana w’imyaka 12 yabyajije nyina_AMAFOTO

Yanditswe: Sunday 11, Jun 2017

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 12 utuye muri Leta ya Mississippi, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize amahirwe yo kuba uwa mbere uteruye musaza we, nyuma yo kubyaza umubyeyi we.
Jacee Dellapena yari yarakaye ubwo nyina yari ku bise, aho yavugaga ko kubera ko akiri muto atari bubashe kumubyaza.
Nyuma umuganga yaje kwemerera uyu mwana kugira uruhare mu kubyaza nyina, ndetse aba ari na we ukata urureri.
Mu kiganiro na WBTV, Jacee yavuze ko nubwo yari afite ubwoba ko bitari bugende neza, (...)

Sponsored Ad

Umukobwa w’imyaka 12 utuye muri Leta ya Mississippi, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize amahirwe yo kuba uwa mbere uteruye musaza we, nyuma yo kubyaza umubyeyi we.


Jacee Dellapena yari yarakaye ubwo nyina yari ku bise, aho yavugaga ko kubera ko akiri muto atari bubashe kumubyaza.

Nyuma umuganga yaje kwemerera uyu mwana kugira uruhare mu kubyaza nyina, ndetse aba ari na we ukata urureri.

Mu kiganiro na WBTV, Jacee yavuze ko nubwo yari afite ubwoba ko bitari bugende neza, ibihe yagize ubwo yabyazaga nyina ari byo byiza kuva yabaho.

Umubyeyi we Dede Carraway yavuze ko ibyishimo yabonye mu maso y’umukobwa we byatumye amarira amubunga mu maso.


Amafoto yashyizwe kuri Facebook n’umwe mu nshuti z’umuryango witwa Nikki Smith, yakunzwe n’abatari bake ndetse abasaga ibihumbi 170 bongera kuyasangira inshuti zabo.
SRC: Dailymail

Ibitekerezo

  • ninkuru itangaje PE!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa