skol
fortebet

Akundana n’umugabo umukubye 2 mu myaka benshi bakibeshya ko ari se umubyara

Yanditswe: Wednesday 08, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugore witwa Chloe Canterbury akunze gufatana amaboko n’umukunzi we, ariko ababazwa bikomeye nibyo abantu bakora iyo bababonye bombi
Uyu mukobwa w’imyaka 26, ukomoka muri Florida,US, akunda na Bwana Eric w’imyaka 52 ungana na se ikuko amukubye inshuro mu myaka.
Chloe,ufite butike y’imyenda, amaze hafi imyaka ibiri ari mu rukundo na Eric nyuma yo guhuzwa n’inshuti bahuriyeho aho uyu mukobwa yavuze ko yabonye ari mwiza kandi ko yakunze gukura mu mutwe kwe.
Uyu mubyeyi w’umwana w’imyaka itatu, (...)

Sponsored Ad

Umugore witwa Chloe Canterbury akunze gufatana amaboko n’umukunzi we, ariko ababazwa bikomeye nibyo abantu bakora iyo bababonye bombi

Uyu mukobwa w’imyaka 26, ukomoka muri Florida,US, akunda na Bwana Eric w’imyaka 52 ungana na se ikuko amukubye inshuro mu myaka.

Chloe,ufite butike y’imyenda, amaze hafi imyaka ibiri ari mu rukundo na Eric nyuma yo guhuzwa n’inshuti bahuriyeho aho uyu mukobwa yavuze ko yabonye ari mwiza kandi ko yakunze gukura mu mutwe kwe.

Uyu mubyeyi w’umwana w’imyaka itatu, yongeyeho ati: "Ndakuze kurenza imyaka yanjye, kandi nkururwa n’abantu bakuru mu myaka n’ibitekerezo.

"Ntabwo ari ubwa mbere nkundanye n’umuntu undusha imyaka myinshi. Nkunda kubana n’abagabo bakuze kuko sinifuza guhangana n’ikinamico zazanwa no gukundana n’umuntu wo mu kigero cyanjye.

"Abantu batatuzi bibeshya ko Eric ari papa, cyane cyane iyo twagiye mu biruhuko, ariko ndabakosora nkababwira ko ari umukunzi wanjye,atari papa.

Ntabwo baba bashaka kuvuga nabi, gusa ntibaba babizi. Ntabwo rero bimbabaza na gato.

Njye na Eric twahuye bwa mbere binyuze mu nshuti zacu. Ntabwo byabyaye urukundo hagati yacu na gato mu ntangiriro kuko nari mu rukundo n’undi icyo gihe.

"Nahagaritse ibyo kwambikwa impeta n’umukunzi wanjye kugira ngo nganire na Eric

"Mfite umukobwa w’imyaka itatu kandi Eric yari afite umukobwa w’imyaka ine, ku buryo twabanje kujya dusohokana turi kumwe n’abakobwa bacu amaherezo ibintu bitera imbere."

Chloe avuga ko akuze kurusha abantu benshi bo mu kigero cye, bityo akaba ahitamo kugirana umubano n’abagabo bakuze gusa.

Chloe avuga ko Eric yamutsindiye kubera ko ari umubyeyi mwiza w’abakobwa be, ibyo bikaba ari ngombwa kuri we kuko afite umukobwa arera wenyine.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa