skol
fortebet

Akundana n’umugabo umurusha imyaka 33 kubera ko amugurira icyo ashaka cyose [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 05, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Nicole Downs n’umukunzi we Michael berekanye ko imyaka ari imibare nyuma y’aho uyu mukobwa w’imyaka 21 ari mu rukundo n’umugabo w’imyaka 5,umurusha imyaka 33.
Kuva yashyira ku mugaragaro ko akundana na Michael, Nicole yakunze kuvuga ku bintu byose yamuguriye.
Uyu mukobwa w’imyaka 21 ukomoka muri Michigan muri Amerika akundana na Michael w’imyaka 54 y’amavuko kandi ibi byatumye agira abamukurikira bagera ku bihumbi 482 kuri TikTok nyuma yo gushyira hanze amashusho yerekana iurukundo (...)

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Nicole Downs n’umukunzi we Michael berekanye ko imyaka ari imibare nyuma y’aho uyu mukobwa w’imyaka 21 ari mu rukundo n’umugabo w’imyaka 5,umurusha imyaka 33.

Kuva yashyira ku mugaragaro ko akundana na Michael, Nicole yakunze kuvuga ku bintu byose yamuguriye.

Uyu mukobwa w’imyaka 21 ukomoka muri Michigan muri Amerika akundana na Michael w’imyaka 54 y’amavuko kandi ibi byatumye agira abamukurikira bagera ku bihumbi 482 kuri TikTok nyuma yo gushyira hanze amashusho yerekana iurukundo ruri hagati ye n’uyu mugabo umurusha imyaka 33.

Kuva byajya ku mugaragaro ko akundana na Michael, 54, yagiye agaruka ku bintu amugurira mu rukurikirane rwa videwo zo kuri TikTok.

Bagura ibintu byose uhereye ku bikapu bihenze cyane birimo ibya Louis Vuitton, kugeza ku myenda ihenze cyane.

Byongeye kandi, yamwishyuriye iibyo kwibagisha ngo agire ikibuno kinini n’ibindi bitandukanye.

Abantu benshi bibasiye uyu mukobwa bavuga ko adakunda uyu musaza ahubwo amukurikiyeho amafaranga no kumutakazaho akayabo.

Nicole arashaka gushakana n’uyu mugabo yise ’Sugar Daddy’ kuko yishyura ibyo akeneye byose.

Ati: "Ntabwo nigeze nshira hanze ifoto yanjye n’umukunzi wanjye mbere ya 10/20/18. Ntabwo namushyizeho kubera imyaka yacu itandukanye kandi sinigeze nshaka no gushimisha abandi, ariko ubu ni ubuzima bwanjye, kandi nkora ibinshimisha. ”



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa