Kimwe mu bintu biranga ubukwe bwo muri iyi minsi n’uburyo abageni bifotoza cyane ndetse nyuma abatashye ubukwe baba bafitiye amatsiko amafoto yafashwe mu bukwe.
Hirya no hino ku isi,hagiye hagaragara amafoto atangaje y’abageni ndetse benshi bakibaza icyabateye kwifotoza muri ubwo buryo aho benshi bagiye bacika ururondogoro babinyujije ku mbuga nkoranyambaga.
Bamwe mu bageni bagiye bagiye bifotoza amafoto atangaje ndetse bamwe mu bayabonye bahakanye ko babikoze ku bushake gusa bose (...)
Kimwe mu bintu biranga ubukwe bwo muri iyi minsi n’uburyo abageni bifotoza cyane ndetse nyuma abatashye ubukwe baba bafitiye amatsiko amafoto yafashwe mu bukwe.
Hirya no hino ku isi,hagiye hagaragara amafoto atangaje y’abageni ndetse benshi bakibaza icyabateye kwifotoza muri ubwo buryo aho benshi bagiye bacika ururondogoro babinyujije ku mbuga nkoranyambaga.
Bamwe mu bageni bagiye bagiye bifotoza amafoto atangaje ndetse bamwe mu bayabonye bahakanye ko babikoze ku bushake gusa bose bayifotoje ku bushake.
Ibitekerezo
Uyu mugeni arwaye mu mutwe.Ni gute atwereka twese ibibero na sex ye??She is mentally deranged.Bamujyane I NDERA.
Nubwo abakobwa benshi basigaye bambarira ubusa abahisi n’abagenzi,sex,ibibero n’amabere byagenewe gusa umuntu muzabana binyuze mu mategeko.Abanga kumvira imana bagasambana,imana izabahanisha kubima ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato mu busambanyi,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke ku munsi w’imperuka.
Igishimishijee nuko nta mwirabura urimo.