AMAFOTO y’Umupadari n’ababikira basangira inzoga yaciye ibintu
Yanditswe: Thursday 05, Oct 2017
Ikinyamakuru cyo muri Nigeria cyakoze ibyafashwe nko gushotora Kiliziya Gatolika abandi bavuga ko byari bikwiye ko hamenyakana ukuri ko hari Abapadiri n’ababikira basoma ku nzoga nyuma yo kuva mu rusengero.
Kuva ku munsi w’ejo tariki ya 04 Ukwakira 2017 , hasakajwe amafoto Ku mbuga nkoranyambaga ya Padiri n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari banywa inzoga.
Aba bakozi b’Imana bari mu mwambaro wabo bamenyerweho mu bishura bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu.Bigaragara (...)
Ikinyamakuru cyo muri Nigeria cyakoze ibyafashwe nko gushotora Kiliziya Gatolika abandi bavuga ko byari bikwiye ko hamenyakana ukuri ko hari Abapadiri n’ababikira basoma ku nzoga nyuma yo kuva mu rusengero.
Kuva ku munsi w’ejo tariki ya 04 Ukwakira 2017 , hasakajwe amafoto Ku mbuga nkoranyambaga ya Padiri n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari banywa inzoga.
Aba bakozi b’Imana bari mu mwambaro wabo bamenyerweho mu bishura bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu.Bigaragara ko biteretse inzoga z’amako atandukanye.
Ibitekerezo
je ku bwanjye ndabona nta kosa bakoze kubera idini ryabo rirabyemera kunwa inzoga
HAKIZA JACK
ariko gusangira ntibivuzeko bari mukabyiniro,ikindi kiriziya gaturika ntibuza kunywa inzoga!kandi inzoga simbi ikibi nukunywa ukarenza urugero