BIRATANGAJE:Mu rwego rwo kwiga ku mibereho y’abagore abanyamakuru babili bahisemo gukorerwa amabere y’abagore(AMAFOTO)
Yanditswe: Wednesday 03, May 2017
Abasore babili bakomoka mu gihugu cy’Ubudage,mu mwaka wa 2014 nibwo bagize amatsiko yo kumenya uko ubuzima bw’abagore bumera maze bifatira icyemezo cyo kuremerwa amabere yabo.
John na Rasheed,abasore bakunzwe cyane n’ibiganiro byabo kuri Radio yo mu Gihugu cy’Ubudage yitwa "Jam Fm",bumvikanye n’umuganga nawe ukomoka muri kiriya gihugu witwa Mark Wolter ko yabakuriza amabere yabo,nawe ntiyatinzamo maze arabibemerera nuko abibakorera mu gihe kitarenze amasaha 24 gusa.
Ubwo aba basore akimara (...)
Abasore babili bakomoka mu gihugu cy’Ubudage,mu mwaka wa 2014 nibwo bagize amatsiko yo kumenya uko ubuzima bw’abagore bumera maze bifatira icyemezo cyo kuremerwa amabere yabo.
John na Rasheed,abasore bakunzwe cyane n’ibiganiro byabo kuri Radio yo mu Gihugu cy’Ubudage yitwa "Jam Fm",bumvikanye n’umuganga nawe ukomoka muri kiriya gihugu witwa Mark Wolter ko yabakuriza amabere yabo,nawe ntiyatinzamo maze arabibemerera nuko abibakorera mu gihe kitarenze amasaha 24 gusa.
Ubwo aba basore akimara kubakorera ibyo bakomeje ubuzima bwabo nkuko bisanzwe,ndetse niyo bagiye gukora Siporo mu nzu yabigenewe zikorerwamo,bazikora hejuru bambaye Isutiye,Nyuma yo gukora iryo suzuma ku buzima bw’abagore babamo,bahise bandika ku mbuga nkoranya mbaga bati “Isutiye zirajenanye bityo buri mugore wese yarakwiye guhabwa umudali wo kwambara iyi nyamanswa ngo ni Isutiye”.
John we akomeza avuga ko yagerageje no gupima uko bimera iyo umuntu akoze mu gatuza k’umugore,aho yagize ati “Nanjye numvishe bijenanye nabyo”.
Martin MUNEZERO
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *