Botswana: Umupasiteri washatse abagore 2 yavuze ikintu gitangaje ku bagabo bo mu gace atuyemo
Yanditswe: Saturday 06, Nov 2021
Umupasiteri uzwi cyane muri Botswana,Seraki Kemmonye, washakanye n’abagore babiri, yavuze ko kimwe cya kabiri cy’abagabo bubatse mu gace atuyemo basambana n’abagore n’abandi bagabo.
Uyu mugabo washinze Fellowship International yabitangaje ubwo yaganiraga kuri kanseri ya prostate. Ati: “Iyo mvuze kanseri ya prostate, ndibuka ikintu, numvise ko kimwe cya kabiri cy’abagabo bubatse muri Gaborone ari ibitsina bibiri, baryamana n’abagore babo n’abandi bagabo.
"Numvise ikibazo gikomeye aho umugore (...)
Umupasiteri uzwi cyane muri Botswana,Seraki Kemmonye, washakanye n’abagore babiri, yavuze ko kimwe cya kabiri cy’abagabo bubatse mu gace atuyemo basambana n’abagore n’abandi bagabo.
Uyu mugabo washinze Fellowship International yabitangaje ubwo yaganiraga kuri kanseri ya prostate. Ati: “Iyo mvuze kanseri ya prostate, ndibuka ikintu, numvise ko kimwe cya kabiri cy’abagabo bubatse muri Gaborone ari ibitsina bibiri, baryamana n’abagore babo n’abandi bagabo.
"Numvise ikibazo gikomeye aho umugore yanduye indwara, kandi nyuma y’ibizamini, abaganga basanze ubwandu bwaratewe n’umwanda w’abantu.Nyuma umugabo we yemeye ko aryamana n’abagabo ”.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *