skol
fortebet

Burna Boy yababajwe nibyo yakorewe n’abantu nyuma yo gukora impanuka

Yanditswe: Monday 28, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi w’icyamamare muri muzika wo muri Nigeriya,wanegukanye Grammy Award, Burna Boy yakoze impanuka ari muri Ferrari ye,Imana ikinga ukuboko.
Uyu muhanzi yemeje iby’impanuka ye ku cyumweru abinyujije kuri Instastory nyuma y’amashusho menshi agaragaza impanuka yabereye inyuma y’urusengero rwa Overcomers Church, Graceland i Lekki, Lagos.
Uyu muhanzi yasobanura ko abantu bashimishijwe cyane no kumubona, aho kumufasha bakuramo terefone batangira kumufata amashusho.
Burna yanditse ati “Yego ni (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi w’icyamamare muri muzika wo muri Nigeriya,wanegukanye Grammy Award, Burna Boy yakoze impanuka ari muri Ferrari ye,Imana ikinga ukuboko.

Uyu muhanzi yemeje iby’impanuka ye ku cyumweru abinyujije kuri Instastory nyuma y’amashusho menshi agaragaza impanuka yabereye inyuma y’urusengero rwa Overcomers Church, Graceland i Lekki, Lagos.

Uyu muhanzi yasobanura ko abantu bashimishijwe cyane no kumubona, aho kumufasha bakuramo terefone batangira kumufata amashusho.

Burna yanditse ati “Yego ni byo. Uyu munsi nakoze impanuka ikomeye muri Ferrari yanjye. Ukuguru kwanjye kwababaye gato ariko meze neza. Birasekeje kubona abantu bose bazanye terefone zabo kugira ngo bamfate amashusho aho kugerageza kumfasha. Ndakeka ko bashimishijwe cyane no kumbona uko byagenda kose. Ariko ndabakunda mwese… ”

Igiciro cya Ferrari 458 2013 ya Burna Boy niasaga $ 217.800.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa