skol
fortebet

Hagaragaye umugore w’imyaka 63 ukiri isugi uri gushaka umukunzi atitaye aho yaba ari hose ndetse avuga nuko agomba kuba ameze

Yanditswe: Wednesday 03, May 2017

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 63 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Romania witwa Elena Mitea ntiyigeze akora imibonano mpuzabitsina kuva yavuka,abicishije kuri Televiziyo y’igihugu cya Romania mu kiganiro cyitwa “VIP Agent”yavuze ko ari gushaka umukunzi atitaye ku gihugu yaba aherereyemo.
Elena yagize ati “kuva navuka ntabwo nigeze nkora imibonano mpuzabitsina kuko ntabishakanga,bitewe nuburyo nabonaga abagore benshi bashyingiranywe babagaho mu gahinda ubwo mfata icyimezo cyo kudashaka kuko ntashakanga kumera (...)

Sponsored Ad

Umugore w’imyaka 63 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Romania witwa Elena Mitea ntiyigeze akora imibonano mpuzabitsina kuva yavuka,abicishije kuri Televiziyo y’igihugu cya Romania mu kiganiro cyitwa “VIP Agent”yavuze ko ari gushaka umukunzi atitaye ku gihugu yaba aherereyemo.

Elena yagize ati “kuva navuka ntabwo nigeze nkora imibonano mpuzabitsina kuko ntabishakanga,bitewe nuburyo nabonaga abagore benshi bashyingiranywe babagaho mu gahinda ubwo mfata icyimezo cyo kudashaka kuko ntashakanga kumera nkabo”.

Elena Mitea umugore ukiri isugi uri gushaka umukunzi

None Elena akaba ashaka guhinduka kandi ngo akaba yiteguye kunjya aho ariho hose hazaba hari umugabo bahuza.

Mu magambo ye yavuze ati “Ndashaka umugabo utari munini kandi ntabwo nifuza ko azarangwa n’ishyari nkuko nabonye ishyari mu muryango wa murumuna wanjye,umugabo ugira ibyiringiro mu Mana,uzanyitaho,utazambeshya’.

Akomeza agira ati “ese ibi byaba bihagije mu byo mwambajije?”,Ubwo umunyamakuru wiyi Televiziyo yahise avuga ngo birahagije.

Ibitekerezo

  • Mwampuje nuwo mugore niba ntakibazo 0791240555 niyo number yanjye ndi mu Rwanda

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa