skol

Hamenyekanye amazina ababyeyi bari kwita abana babo cyane mu Bwongereza kurusha ayandi

Yanditswe: Saturday 24, Apr 2021

Urubuga rwa Nameberry rwashyize hanze ubushakashatsi ku mazina akunzwe n’ababyeyi bari kubyara muri iyi minsi arimo irya Luna ku bakobwa na Arlo ku bahungu.
Aya mazina ari guhabwa cyane abana bari kuvuka muri iyi minsi,aje asimbura aya Olivia na Sophia yari akunzwe ku bakobwa muri 2020 ariko ubu nta nubwo aza muri 5 akunzwe cyane muri iyi minsi.
Binyuze mu bushakashatsi iki kinyamakuru cya Nameberry cyakoze,aya mazina 5 niyo ari guhabwa abana muri iyi minsi.
Iki kinyamakuru cyavuze ko (…)

Urubuga rwa Nameberry rwashyize hanze ubushakashatsi ku mazina akunzwe n’ababyeyi bari kubyara muri iyi minsi arimo irya Luna ku bakobwa na Arlo ku bahungu.

Aya mazina ari guhabwa cyane abana bari kuvuka muri iyi minsi,aje asimbura aya Olivia na Sophia yari akunzwe ku bakobwa muri 2020 ariko ubu nta nubwo aza muri 5 akunzwe cyane muri iyi minsi.

Binyuze mu bushakashatsi iki kinyamakuru cya Nameberry cyakoze,aya mazina 5 niyo ari guhabwa abana muri iyi minsi.

Iki kinyamakuru cyavuze ko amazina ashobora kongera gukundwa n’ayo mu gihe cyashize nka Atlas, Rufus na Severus ku bahungu na Aurora ku bakobwa.

AMAZINA 5 AKUNZWE ARI GUHABWA ABANA B’ABAKOBWA N’ABAHUNGU:

Ku bakobwa:

1. Luna
2. Ophelia
3. Elodie
4. Iris
5. Maeve

Ku bahungu:
1. Arlo
2. Oscar
3. Hugo
4. Albie
5. Atticus

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa