skol
fortebet

Idubu ryategeye mu nzira umugore n’umugabo mu gitondo rirabica

Yanditswe: Friday 10, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Abashakanye bahuye n’uruva gusenya ubwo baterwaga n’idubu mu nzira yabo irabica irya imirambo yabo cyane ko ngo yari ivuye mu ishyamba ryo hafi aho
Mukesh Rai n’umugore we Gudiya barimo gutaha banyuze mu ishyamba i Panna, mu Buhinde, bahura n’iyi nyamaswa.
Ku cyumweru, tariki ya 5 Kamena,ahagana saa 6.30 za mu gitondo,nibwo Mukesh w’imyaka 43 na Gudiya w’imyaka 39 bagerageje guhangana n’iri dubu mbere yo kubica.
Bivugwa ko idubu yakuruye imibiri yabo iyijyana hafi y’uruzi kugira ngo iyirye. (...)

Sponsored Ad

Abashakanye bahuye n’uruva gusenya ubwo baterwaga n’idubu mu nzira yabo irabica irya imirambo yabo cyane ko ngo yari ivuye mu ishyamba ryo hafi aho

Mukesh Rai n’umugore we Gudiya barimo gutaha banyuze mu ishyamba i Panna, mu Buhinde, bahura n’iyi nyamaswa.

Ku cyumweru, tariki ya 5 Kamena,ahagana saa 6.30 za mu gitondo,nibwo Mukesh w’imyaka 43 na Gudiya w’imyaka 39 bagerageje guhangana n’iri dubu mbere yo kubica.

Bivugwa ko idubu yakuruye imibiri yabo iyijyana hafi y’uruzi kugira ngo iyirye.

Abapolisi bahise bagera aho byabereye bamara amasaha abiri bagerageza gufata iyi nyamaswa.

Iyo dubu yajyanywe muri pariki kandi abagize umuryango w’aba bombi bahawe amarupe 400.000 y’impozamarira.

Umuyobozi ushinzwe ishami ry’amashyamba, Gaurav Sharma yabwiye DNA India ati: "Inyamaswa ntizarekurwa mu ishyamba kandi turateganya kuyohereza muri zoo imwe yo mu wundi mujyi."

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa