skol
fortebet

Ikirwa cy’ubusambanyi cyatunguye benshi kubera ibikorwa by’urukozasoni bihabera[amafoto]

Yanditswe: Sunday 31, Dec 2017

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Colombia hashyizweho agace kitwa ikirwa cy’ubusambanyi “Sex Island” gafasha abantu kurangiza umwaka mu byishimo aho haba huzuye indaya n’ibiyobyabwenge bitandukanye ndetse n’amoko atandukanye y’inzoga.
Kugira ngo winjire muri aka gace ugomba kwishyura ibihumbi 3,700 by’amapawundi aho bahita baguha indaya 2 ndetse wazirambirwa ukagurana n’abandi,ibintu byatangaje abantu benshi ndetse babazwa n’ibikorwa by’urukozasoni bihabera.
Abagana iki kirwa cy’ubusambanyi bamara iminsi 4 mu (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Colombia hashyizweho agace kitwa ikirwa cy’ubusambanyi “Sex Island” gafasha abantu kurangiza umwaka mu byishimo aho haba huzuye indaya n’ibiyobyabwenge bitandukanye ndetse n’amoko atandukanye y’inzoga.

Kugira ngo winjire muri aka gace ugomba kwishyura ibihumbi 3,700 by’amapawundi aho bahita baguha indaya 2 ndetse wazirambirwa ukagurana n’abandi,ibintu byatangaje abantu benshi ndetse babazwa n’ibikorwa by’urukozasoni bihabera.

Abagana iki kirwa cy’ubusambanyi bamara iminsi 4 mu binezeza aho inzoga aba ari ubuntu, ndetse haba harinzwe cyane kuko abagera kuri 30 aribo bahabwa amatike aberekeza kuri iki kirwa.

Abahagarariye iki kirwa bemeza ko abakobwa baza kwigurisha kuri iki kirwa babanza gusuzumwa neza icyorezo cya SIDA ndetse n’izindi ndwara zitandukanye kugira ngo batazanduza abakiriya aho ndetse bemeje ko baba bafite udukingirizo duhagije ku buryo umukiriya atatubura.

Bamwe mu bakobwa bigurisha kwigurisha,bavuze ko benshi mu basura aka gace ari abakire bo muri USA ndetse ari ibyamamare ku isi hose kubera akayabo k’amamiliyoni batunze aho bavuze ko bifuza kugabanya ibiciro kugira ngo naba rubanda rugufi bitabire gusura iki kirwa.

Iyo ukigera kuri iki kirwa uhasanga abakobwa benshi bicuruza aho ugenda ubamenaho inzoga werekeza mu cyumba kirimo abambaye ubusa aho ndetse haba huzuye amato arimo aba DJ baba bacuranga imiziki y’Ubwoko bwose.


Dusingizimana Remy

Ibitekerezo

  • oya oya weeeee! ibyo ni bibi cyane

    Millions and millions z’abantu batuye isi,bakunda kwishimisha mu busambanyi.Igitangaje nuko abantu bnshi basambana,baba basanzwe bafite abagore babo,bakabata bakajya mu busambanyi.
    Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe gusa umuntu tuzabana binyuze mu mategeko.Abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa