skol

Impanga zimaze kwishyura miliyoni 160 FRW zihindura ibipupe zikomeje guca ibintu

Yanditswe: Tuesday 15, Aug 2023

featured-image

Abakobwa bibiri b’impanga bamaze gutanga akayabo k’ibihumbi 160 by’amapawundi bingana na miliyoni zirenga 160 FRW kugira ngo base nk’igipupe kizwi cyane cya Barbie ndetse kuri ubu barakataje bakomeza gushora.

Dolly na Daisy Simpson b’imyaka 26,bakomoka ahitwa Stockton-on-Tees mu Bwongereza,ntawe ushobora kubibuka baramutse barahuye bakiri abangavu.

Aba bakobwa kubera gukunda ibipupe,ngo barashaka gusa na kimwe muri byo ndetse guhera muri 2020 bafite imyaka 18 batangiye kwibagisha ngo base nacyo

Aba bakobwa bamaze kubagwa inshuro nyinshi cyane,bihinduza amazuru,iminwa,amabere,n’ibindi bice by’umubiri bitandukanye.

Uyu witwa Dolly yagize ati "Tutaratangira kwibagisha ntabwo twari twishimiye amasura yacu.Twifuzaga kugira amabere manini nk’ay’ibipupe n’imisatsi y’umuhondo.

Aba batangiye bibagisha muri Romania kandi ibyo bakora byose baba bashaka gusa kuko ari n’impanga.

Aba kandi ngo biteresha imiti ituma ibibuno bibyimba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa