Isura y’umukobwa ugamije gusa na Angelina ikomeje kwangirika-AMAFOTO
Yanditswe: Thursday 30, Nov 2017
Ni kenshi bamwe mu bafana bakunda abahanzi kugera n’ubwo bifuza gusa nabo cyangwa kwambara nkabo.Benshi bahitamo gusa n’ibyamamare usanga bibahira cyangwa bikanga bagatangira kugira ibindi bibazo binyuranye bitewe n’amahitamo baba barafashe.
Umukobwa witwa Sahar Tabar akomoka muri Iran akaba umukunzi w’umukinnyi wa filime Angelina Jolie kuva akiri umwana.Kuva mu bwana bwe yifuje gusa na Angelina ndetse akora ibishoboka byose kugirango agera kuri ubwo bwiza.
Sarah ngo azaruhuka ari uko agize (...)
Ni kenshi bamwe mu bafana bakunda abahanzi kugera n’ubwo bifuza gusa nabo cyangwa kwambara nkabo.Benshi bahitamo gusa n’ibyamamare usanga bibahira cyangwa bikanga bagatangira kugira ibindi bibazo binyuranye bitewe n’amahitamo baba barafashe.
Umukobwa witwa Sahar Tabar akomoka muri Iran akaba umukunzi w’umukinnyi wa filime Angelina Jolie kuva akiri umwana.Kuva mu bwana bwe yifuje gusa na Angelina ndetse akora ibishoboka byose kugirango agera kuri ubwo bwiza.
Sarah ngo azaruhuka ari uko agize isura nk’iya Angelina
Mu nkuru y’ikinyamakuru Sur 7 Sur bavuga ko uyu mukobwa afite imyaka 19 y’amavuko akaba amaze guca imbere y’abaganga yibagisha isura.Mu nshuro zirenga 50 isura ye ijya gusa neza n’iya Angelina Jolie ariko nanone akomeje guhinda mu buryo buteye ubwoba.
Benshi bamugira inama yo kubireka ariko we avuga ko azaruka ari uko abaye nka Angelina yikundira.Kugeza ubu amaze gutakaza ibiro 40 kuva yatangira kwihinduza uruhu.
Ku rukuta rwa instagram akurikirwa n’abasanga ibihumbi 300.00, benshi bamugira inama yo kubireka ariko undi akavuga ko azakomeza.
AMAFOTO:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *