skol
fortebet

Ntibisanzwe ! Urukundo rw’umupasiteri w’imyaka 76 n’umukobwa arusha imyaka 54 rukomeje kuvugisha benshi

Yanditswe: Wednesday 22, Dec 2021

featured-image

Sponsored Ad

Henshi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye , Abantu benshi bakomeje gutangarira urukundo rw’umugabo w’imyaka 76 n’umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko arusha imyaka 54. Aba bonye iyi couple hari abagiraga ngo uyu mugabo uwo barikumwe ni umwana we, nyamara aba bombi bemeza ko bakundana ndetse bagahamyako urukundo rwabo rugeze aharyoshye bakaba babana nk’umugore n’umugabo. Nkurikiyinka David w’imyaka 76 y’amavuko uvugako ari umu pasiteri na Uwimana Claudine w’imyaka 22 y’amavuko mu mashusho yafashwe na (...)

Sponsored Ad

Henshi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye , Abantu benshi bakomeje gutangarira urukundo rw’umugabo w’imyaka 76 n’umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko arusha imyaka 54.

Aba bonye iyi couple hari abagiraga ngo uyu mugabo uwo barikumwe ni umwana we, nyamara aba bombi bemeza ko bakundana ndetse bagahamyako urukundo rwabo rugeze aharyoshye bakaba babana nk’umugore n’umugabo.

Nkurikiyinka David w’imyaka 76 y’amavuko uvugako ari umu pasiteri na Uwimana Claudine w’imyaka 22 y’amavuko mu mashusho yafashwe na Afrimax bemezako urukundo rwabo ari urw’umugore n’umugabo.

David nubwo mu bigaragara akuze, ariko iyo avuga akoresha imvugo z’abato ndetse agahamyako uyu mukobwa amukorera ibikorwa bishimisha umubiri nkibyo yakorerwa n’umusore bari mukigero kimwe.

Claudine avugako akunda uyu mugabo ntakintu nakimwe yamukirikiyeho, ngo barahuye aramukunda ndetse yumvako ariwe uzamubera umugabo w’ubuzima bwe bwose.

Uwimana Claudine avugako mbere yo kubana na David bari bamaze imyaka 4 bakundana, aho bahuriye murusengero yakumva uburyo uyu mugabo yigishamo ijambo ry’Imana agafashwa bituma atangira kumwiyumvamo.

Aba bonye iyi couple hari abagiraga ngo uyu mugabo uwo barikumwe ni umwana we

Uwimana Claudine avugako mbere yo kubana na David bari bamaze imyaka 4 bakundana, yamwambitse impeta

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa