Pasiteri n’umugore we bari bamaze imyaka 19 bategereje urubyaro babyaye abana 4 icyarimwe
Yanditswe: Friday 24, Dec 2021
Pasiteri Anny Ikebudu n’umugore we, Stephanie Adaeze Ikebudu, bakiriye abana bane nyuma yimyaka 19 bashakanye barabuze urubyaro.
Uyu muvugabutumwa ushishikaye, umujyanama w’ubuzima akaba n’umushumba wa House On The Church Church muri Aba, muri Leta ya Abia,mu gihugu cya Nigeria, yagejeje inkuru nziza ku bakunzi be abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook.
Yagize ati “Yehova El Effizzy yatugaragarije ubuntu njye n’umugore wanjye. Nyuma y’imyaka 19 yo gutegereza ... yaduhaye abana 4 (...)
Pasiteri Anny Ikebudu n’umugore we, Stephanie Adaeze Ikebudu, bakiriye abana bane nyuma yimyaka 19 bashakanye barabuze urubyaro.
Uyu muvugabutumwa ushishikaye, umujyanama w’ubuzima akaba n’umushumba wa House On The Church Church muri Aba, muri Leta ya Abia,mu gihugu cya Nigeria, yagejeje inkuru nziza ku bakunzi be abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook.
Yagize ati “Yehova El Effizzy yatugaragarije ubuntu njye n’umugore wanjye. Nyuma y’imyaka 19 yo gutegereza ... yaduhaye abana 4 icyarimwe.Ifatanye nanjye mu guhimbaza Imana. Ni igitangaza. ”
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *