skol
fortebet

Pasiteri yavuze uko yacumujwe bikomeye n’umukobwa waje mu rusengero rwe kumwereka igitsina cye

Yanditswe: Friday 05, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Uwashinze akaba n’umuyobozi w’Itorero ryitwa Heaven’s Gate Ministry, Umuhanuzi Nicholas Osei, uzwi cyane ku izina rya Kumchacha, ntabwo yishimiye imyitwarire iteye isoni y’abakobwa bakiri bato baza mu rusengero bambaye utwenda tugufi kuko ngo bacumuza bamwe mu bakozi b’Imana nawe arimo.
Uyu Pasiteri wo muri Ghana yavuze ko kwiyambika nabi k’umukobwa ukiri muto byamuteye gucumura ubwo yari imbere y’torero abwiriza ijambo ry’Imana mu byumweru bike bishize.
Yagize ati “Umukobwa ukiri muto yaje mu (...)

Sponsored Ad

Uwashinze akaba n’umuyobozi w’Itorero ryitwa Heaven’s Gate Ministry, Umuhanuzi Nicholas Osei, uzwi cyane ku izina rya Kumchacha, ntabwo yishimiye imyitwarire iteye isoni y’abakobwa bakiri bato baza mu rusengero bambaye utwenda tugufi kuko ngo bacumuza bamwe mu bakozi b’Imana nawe arimo.

Uyu Pasiteri wo muri Ghana yavuze ko kwiyambika nabi k’umukobwa ukiri muto byamuteye gucumura ubwo yari imbere y’torero abwiriza ijambo ry’Imana mu byumweru bike bishize.

Yagize ati “Umukobwa ukiri muto yaje mu rusengero rwanjye yanga kwicara inyuma. Yasabye kuzanwa imbere. Imyambarire ye yari iteye isoni. Igihe nabwirizaga, yafunguye amaguru ye. Ibice bye by’ibanga byarandebaga. Nta kintu yari yambaye munsi.

Yakoze gahunda ye yo kuza mu rusengero rwanjye muri ubwo buryo yambaye gutyo. Nasabye itorero guhagurukira rimwe tusenga, ariko we yakomeje kwicara nabi imbere yanjye igitsina cye kigaragara. Yafunguye igitsina cye nka bibiliya kugirango ndebe. Amaso yanjye ntabwo yari ahumye ku buryo ntari kukireba."

ibi uyu mupasiteri yabivugiye kuri radiyo yo muri Ghana yitwa OK FM yibanda ku bijyanye n’imyidagaduro.

Abajijwe uko yashoboye gutsinda icyo gishuko yahuye nacyo ari ku ruhimbi, yashubije ati: "Nahisemo kureka umurimo."

Pasiteri Kumchacha yavugaga ku nsanganyamatsiko igira iti: "Imyambarire idakwiriye mu bakobwa bakiri bato".

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa