skol
fortebet

Umu Monk niwe ufite agahigo ko gutura kure y’abandi bantu kurusha abandi ku isi [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 10, Apr 2021

Sponsored Ad

Umu monk w’umushinwa witwa Ahwang Pincuo utuye ahitwa Tubet afite agahigo ko kuba umuntu utuye wenyine kurusha abandi ku isi kuko mu gace abamo ari ku birometero birenga 160 uvuye aho abantu batuye.

Sponsored Ad

Uyu mu Monk arinda urusengero rwitwa Rituo Temple i Tibet ndetse akoresha amazi y’ikiyaga gikikije iyi nyubako.

Iyi ngoro y’uyu mu Monk iri hagati mu mazi ariyo mpamvu abayizi bayita "the stone on the mountain",ndetse imeze nk’urutare.

Iyi nzu iri mu kiyaga Yamdrok Lake,iri kure cyane y’umujyi witwa Gyantseno hafi y’ikindi cyaro.

Ahwang uba wenyine yirirwa aririmba,agafata umwanya wo gutekereza [meditation],hanyuma akajya kuvoma amazi ku kiyaga.Uyu mu monk n’umwe mu basigaye barinda iyi ngoro Rituo imaze amezi 700.

Uyu mugabo napfa,izi nshingano zizahita zifatwa n’undi muntu nawe uziyemeza kuba muri iyi ngoro wenyine kugeza apfuye.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa