Umu slay Queen yashinje abagabo bo muri Nigeria gushyira ibiyobyabwenge ku bitsina byabo kugira ngo bemeze abagore
Yanditswe: Monday 10, Jan 2022
Umukobwa w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Kenya witwa Shornarwa yahakanye ko Abanya Nigeria ari "ibigirwamana mu gutera akabariro" kuko ngo basiga ibiyobyabwenge ku bitsina byabo ngo bigarurira imitima y’abagore mu gitanda.
Nk’uko uyu mukobwa yakomeje abivuga,aba bagabo nho "basiga ibiyobyabwenge bwa Cocaine ku bitsina byayo yabo kugira ngo baryoshye imibonano mpuzabitsina kandi bitume abagore babakunda."
Muri videwo yanyujijwe kuri Instagram, Shornarwa yerekanye uburyo (...)
Umukobwa w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Kenya witwa Shornarwa yahakanye ko Abanya Nigeria ari "ibigirwamana mu gutera akabariro" kuko ngo basiga ibiyobyabwenge ku bitsina byabo ngo bigarurira imitima y’abagore mu gitanda.
Nk’uko uyu mukobwa yakomeje abivuga,aba bagabo nho "basiga ibiyobyabwenge bwa Cocaine ku bitsina byayo yabo kugira ngo baryoshye imibonano mpuzabitsina kandi bitume abagore babakunda."
Muri videwo yanyujijwe kuri Instagram, Shornarwa yerekanye uburyo abagore benshi bo muri Kenya bakundana n’abanyanijeriya, bizera ko bakora imibonano mpuzabitsina nk’amafarasi.
Aherutse gusaba abakunzi be kumusangiza ibyerekeranye n’ubuzima bwo gutera akabariro n’abagabo bo muri Nigeriya, maze atangazwa na bimwe mu byo bavuga.
Avuga ko umugore wo muri Kenya, yamwiyemereye ko umugabo wo muri Nijeriya baryamanye yari mwiza cyane mu buriri, ibyo abandi bagore bane bahakanye, akerekana ko abo bagabo babeshya abagore bakoresheje ibindi bintu kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina iryoshye.
Nk’uko Shornarwa abitangaza ngo abagore bagera kuri bane bamwemereye ko abagabo bo muri Nijeriya basiga Kokayine ku bitsina byabo kugira ngo imibonano mpuzabitsina irusheho kuryoha.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *