Umugabo n’umugore bakoreye imibonano mpuzabitsina mu nzu bogosheramo benshi bifata ku munwa
Yanditswe: Tuesday 03, Jul 2018
Umugabo n’umugore bafashwe amashusho bari gusambanira mu nzu bogosheramo,mu cyumba gisanzwe cyogosherwamo abakiliya b’imena (VIP), bitangaza benshi.
Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zo hirya no hino ku isi,yagaragaje umugabo n’umugore bari gukorera imibonano mpuzabitsina zo mu nzu yogosherwamo,mu rukerera rwo ku cyumweru gishize.
Aba bombi bagaragaye bari gusambanira muri salon de Coiffure yo mu gace ka Greenock muri Scotland aho bafashwe aya mashusho n’umusore wahaciye avuye mu kabyiniriro mu rukerera.
Uyu mugabo n’umugore ntibigeze batinya abantu banyuraga hafi y’iyi nzu ikorerwamo ubwogoshi,kuko ibirahuri byayo byaboneranaga ndetse abari hanze barebaga ibyaberaga imbere.
Benshi banenze iyi myitwarire y’aba bantu basambaniye mu nzu y’ubwogoshi aho bamwe bavuze ko batari bakwiriye gusambanira mu nzu isanzwe yakira abantu benshi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *