skol
fortebet

Umugabo n’umugore bamaze imyaka 6 batabana mu cyumba kimwe kubera impamvu itangaje

Yanditswe: Tuesday 03, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugore ufite imyaka 40, ukomoka muri Anglesey, mu majyaruguru ya Wales, yavuze ko amaranye n’umugore we imyaka 6 ariko batararana ku buriri bumwe.
Uyu mugore yavuze ko “isaha ye ya zahabu yo gutekereza neza” ikunze kub saa munani z’ijoro kandi ariyo imufasha kugera ku byo akora byose mu kazi ke k’itangazamakuru.
Kubera iyo mpamvu, we n’umugabo we bahisemo hakiri kare ko mu mibanire yabo bagomba kujya barara mu byumba bitandukanye.
Yanditse ati: “Mu mibanire yanjye ya mbere, iyo navugaga ko (...)

Sponsored Ad

Umugore ufite imyaka 40, ukomoka muri Anglesey, mu majyaruguru ya Wales, yavuze ko amaranye n’umugore we imyaka 6 ariko batararana ku buriri bumwe.

Uyu mugore yavuze ko “isaha ye ya zahabu yo gutekereza neza” ikunze kub saa munani z’ijoro kandi ariyo imufasha kugera ku byo akora byose mu kazi ke k’itangazamakuru.

Kubera iyo mpamvu, we n’umugabo we bahisemo hakiri kare ko mu mibanire yabo bagomba kujya barara mu byumba bitandukanye.

Yanditse ati: “Mu mibanire yanjye ya mbere, iyo navugaga ko nifuza umwanya wanjye bwite, ntabwo byakirwaga neza.

Kumva ko Alex [umugabo we ubu] abyemera kandi ko nawe aba ashaka umwanya we wenyine numvise ari nk’umuziki mu matwi yanjye."

Ntabwo iyi gahunda ifasha gusa akazi ka Luana ahubwo we aragira inama abashakanye bose kurara ukubiri.

Ati“Buri gihe turuhuka neza. Ibi bisa nk’ibyoroshye, ariko nkurikije ubunararibonye bwanjye ndetse n’inshuti zanjye ntabwo ari ko bigenda iyo usangiye icyumba cyo kuraramo n’umugabo wawe.Umunaniro ushobora kugutera umujinya no kunanirwa kwihanganira mugenzi wawe.”

Icyakora aba bombi ntibari bazi neza ko gahunda yabo yo kurara ukubiri izakunda nyuma yo kubyara umwana wabo Celyn gusa ngo gusinzira bihagije byagize akamaro.

Amajoro menshi,aba babyeyi bafashanya kwita kuri uyu muhungu wabo.

Iyo Alex yasinziye neza ijoro ryose, abyuka kare akita ku muhungu wabo mu gitondo.

Ikirenze ibyo,Luana avuga ko iyo gahunda ituma “yishimira rwose” kubona Alex buri gitondo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa