skol
fortebet

Umugabo yafashwe ari gusambanya umukobwa we w’umwaka umwe

Yanditswe: Saturday 01, Sep 2018

Sponsored Ad

Umugabo witwa Simon Isiayo w’imyaka 29 ukomoka muri Kenya yafashwe ari gusambanya umwana we w’umukobwa w’umwaka umwe yari yasigiwe n’umugore we.

Sponsored Ad

Uyu mugabo utuye mu gace kitwa Senyende,yasigaranye uyu mwana w’umukobwa nyina agiye ku isoko nibwo yahise atangira kumusambanya irangira amwangije.

Uyu mugabo gito yangije imyanya y’ibanga y’uyu mwana w’umukobwa,nyina avuye guhaha asanga umwana we yangiritse niko guhita ahamagaza ubuyobozi bumuta muri yombi.

Uyu mugabo yakatiwe igihano cyo gufungwa burundu kuko iki cyaha cyamuhamye cyane ko nta wundi muntu wari mu nzu yabo uretse uyu mugabo wenyine.

Nyina w’uyu mwana w’umukobwa witwa Lucy Muchesa yabwiye urukiko ko nta wundi muntu wahohoteye umwana we uretse umugabo we kuko yamusize mu rugo bari kumwe yagaruka agasanga uyu mwana ari kuvirirana.

Lucy Muchesa yavuze ko uyu mugabo bari bamaze ukwezi kumwe bashyingiranywe yabonye atinze ku isoko atangira gusambanya uyu mwana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa