skol
fortebet

Umugabo yahawe igihano gikarishye n’indaya nyuma yo kuyisambanya akabura ayo kuyishyura

Yanditswe: Sunday 29, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Muri videwo yakwirakwiriye cyane, umugabo yerekanwe ategekwa gufura imyenda myinshi y’indaya nyuma yo kuyisambanya akabura amafaranga ahagije yo kwishyura igitsina.
Nyuma yo kurangiza gutera akabariro,indaya yamenye ko uyu mugabo nta bwishyu afite niko kumwangira gusohoka amubwira ko agomba kwishyura byanze bikunze.
Abakora umwuga wo kwicuruzakimwe nuyu mukobwa barinjiye basanga intambara yarose niko gutegeka uyu mugabo ko yasukura inzu,akanafura imyenda kugira ngo yemererwe kugenda (...)

Sponsored Ad

Muri videwo yakwirakwiriye cyane, umugabo yerekanwe ategekwa gufura imyenda myinshi y’indaya nyuma yo kuyisambanya akabura amafaranga ahagije yo kwishyura igitsina.

Nyuma yo kurangiza gutera akabariro,indaya yamenye ko uyu mugabo nta bwishyu afite niko kumwangira gusohoka amubwira ko agomba kwishyura byanze bikunze.

Abakora umwuga wo kwicuruzakimwe nuyu mukobwa barinjiye basanga intambara yarose niko gutegeka uyu mugabo ko yasukura inzu,akanafura imyenda kugira ngo yemererwe kugenda amahoro.

Mu mashusho yagiye hanze,yagaragaje uyu mugabo yicaye ku buriri afite isoni ari nako aba bakobwa bamubwira ko atagenda, keretse afuze imyenda yabo, agakoropa inzu,cyangwa se akishyura amafaranga yari yavuganye na mugenzi wabo mbere y’uko baryamana.

Ibitekerezo

  • Iyi nkuru se umuntu yamenya yarabaye gihe ki, hehe? Ku byerekeranye na 5W’s & H reporter wagiye down kabisa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa