Umugabo wafashe umugore we ari kumuca inyuma yahisemo kumuha igihano kidasanzwe kugira ngo amwigishe isomo rikomeye
Nk’uko amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga abitangaza,uyu mugabo utavuzwe amazina n’igihugu akomokamo yafashe ifoto y’umugore we aryamana n’undi mugabo mu buriri bwabo maze yiyemeza kumuhana yihanukiriye.
Yahise abafotora ifoto iteye isoni bari gusambana arangije ayishyira muri cadre neza arangije arayizana ayimanika mu cyumba cy’uruganiriro kugira ngo buri muntu wese ubasuye ayibone.
Yabwiye uyu mugore ko azaka gatanya igihe cyose azibeshya akayimanura aho imanitse akayihisha cyangwa akayangiza.
Umugabo yatigishije imbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoreye umugore we
Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN