Umugabo yahishuye impamvu itangaje yateye inda umukobwa yibyariye
Yanditswe: Friday 02, Sep 2022

Umunyanigeria witwa Amaechi Agnalasi n’umukobwa we yibyariye baciwe mu muryango w’aba Nnobi muri Leta ya Anambra mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria kubera kugirana umubano udasanzwe warangiye babyaranye abana babiri.
Muri videwo yakwirakwijwe henshi, aba bombi babajijwe na bamwe mu baturage icyabateye gukora aya mahano.
Uyu mukobwa witwa Queen Bassey yasobanuye ko we na se bakomoka muri Leta ya Cross River.
Nk’uko Queen yabivuze, se, Amaechi yamutwaye ubusugi nyuma y;uko abagore (...)
Umunyanigeria witwa Amaechi Agnalasi n’umukobwa we yibyariye baciwe mu muryango w’aba Nnobi muri Leta ya Anambra mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria kubera kugirana umubano udasanzwe warangiye babyaranye abana babiri.
Muri videwo yakwirakwijwe henshi, aba bombi babajijwe na bamwe mu baturage icyabateye gukora aya mahano.
Uyu mukobwa witwa Queen Bassey yasobanuye ko we na se bakomoka muri Leta ya Cross River.
Nk’uko Queen yabivuze, se, Amaechi yamutwaye ubusugi nyuma y;uko abagore be bamutaye. Yavuze ko se yamuhatiye kuba umugore we ariko akaba atazi impamvu yemeye ko bamarana igihe kirekire.
Uyu mugabo yavuze ko yasambanye n’umukobwa we kubera ko atashakaga ko amusiga kimwe n’abagore be ndetse n’abandi bana yabyaye. Yongeyeho ko yishoye mu bikorwa biteye isoni n’umukobwa we kuko atashakaga ko ashaka undi mugabo.
Bombi ngo baciwe mu baturage bazira kwishora mu bikorwa nkibi biteye isoni kandi bisanzwe ari kirazira.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *